Abanyarwanda bazindukiye muri Referendum - AMAFOTO

Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki 18 Ukuboza 2015, Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cya Referendum, umunsi ufatwa nk’ukomeye mu mateka yabo n’ahazaza h’igihugu.

Kigali Today irabakurikiranira uko iki gikorwa kitabiriwe hirya no hino mu gihugu.

Ab'inkwakuzi mu masaha ya saa kumi n'ebyiri bari bageze ku murongo ku biro by'itora hirya no hino mu gihugu.
Ab’inkwakuzi mu masaha ya saa kumi n’ebyiri bari bageze ku murongo ku biro by’itora hirya no hino mu gihugu.
Umwe mu baturage batoye mbere.
Umwe mu baturage batoye mbere.
Vincent Munyeshaka, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'igihugu, nawe ari mu batoye mbere.
Vincent Munyeshaka, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, nawe ari mu batoye mbere.
Uwo muzungukazi afite ubwenegihugu bw'u Rwanda yatoreye kuri site yo mu rugunga mu karere ka Nyarugenge.
Uwo muzungukazi afite ubwenegihugu bw’u Rwanda yatoreye kuri site yo mu rugunga mu karere ka Nyarugenge.
Abaturage bitabiriye Referendum ari benshi.
Abaturage bitabiriye Referendum ari benshi.
Abakora mu matora nabo bari biteguye batunganya impapuro zo gutoreraho.
Abakora mu matora nabo bari biteguye batunganya impapuro zo gutoreraho.
Mbere y'itora udusanduku batoreramo twafunzwe ku mugaragaro.
Mbere y’itora udusanduku batoreramo twafunzwe ku mugaragaro.
Ku nkoni ye yitahiye, uyu mukecuru ati "Akanjye ndakarangije!"
Ku nkoni ye yitahiye, uyu mukecuru ati "Akanjye ndakarangije!"
Buri cyumba cyatorewemo cyari gifite nimero yacyo.
Buri cyumba cyatorewemo cyari gifite nimero yacyo.
Abaturage uri gusanga batuje ku mirongo n'amakarita yabo hafi.
Abaturage uri gusanga batuje ku mirongo n’amakarita yabo hafi.
Bimwe mu bikoresho byifashishwa n'abatoresha.
Bimwe mu bikoresho byifashishwa n’abatoresha.
Abaturage mu turere dutandukanye bagiye bahanga udushya bitegura amatora.
Abaturage mu turere dutandukanye bagiye bahanga udushya bitegura amatora.
Abatoresha babanje kurahirira imbere y'abaturage kuzuza neza inshingano zabo.
Abatoresha babanje kurahirira imbere y’abaturage kuzuza neza inshingano zabo.
Ibyumba by'amatora nabyo bari biteguranywe isuku.
Ibyumba by’amatora nabyo bari biteguranywe isuku.
Aha ni mu biro by'itora bahisemo kuhataka ibisabo.
Aha ni mu biro by’itora bahisemo kuhataka ibisabo.
Abakuze nibo bafashe iya mbere kugera ku biro by'itora no gutora bagahita bitahira.
Abakuze nibo bafashe iya mbere kugera ku biro by’itora no gutora bagahita bitahira.
Ikipe y'abanyamakuru ba Kigali Today yazindutse cyane. Baraza kuzenguruka igihugu cyose bakurikirana iki gikorwa.
Ikipe y’abanyamakuru ba Kigali Today yazindutse cyane. Baraza kuzenguruka igihugu cyose bakurikirana iki gikorwa.
Ryarashe Kigali Today yatangiye akazi!
Ryarashe Kigali Today yatangiye akazi!
Umunyamakuru wa Kigali Today aganira n'abari bamaze gutora.
Umunyamakuru wa Kigali Today aganira n’abari bamaze gutora.
Bamaze gutora.
Bamaze gutora.
Abarangije gutora bikomereza gahunda zabo.
Abarangije gutora bikomereza gahunda zabo.
Perezida wa Sena Bernard Makuza mu gikorwa cyo gutora.
Perezida wa Sena Bernard Makuza mu gikorwa cyo gutora.
Amaze gutora bamuhaye ikimenyetso gihabwa umaze gutora.
Amaze gutora bamuhaye ikimenyetso gihabwa umaze gutora.
Mu karere ka Nyanza abaturage bishimiye kwitabira referendum.
Mu karere ka Nyanza abaturage bishimiye kwitabira referendum.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka