Abanyamakuru bo mu Rwanda baranengwa kudacukumbura. Ese ni byo?

Mu kiganiro Ubyumva Ute cya KT radio, cyari cyatumiwemo umunyamakuru Cleophas Barore ndetse na Depite Dr. Frank Habineza, bagarutse ku mikorere y’abanyamakuru bo mu Rwanda, bavuga ko badacukumbura.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Nibyo koko mbona badacukumbura kurugero rukwiye kdi babifitiye ubushobozi urugero nkibibazo byinshi bategerezako Nyakubahwa president wa republic abikomozaho bakabona kubihererekana kdi bagakwiye gutanga umusanzu wabo mbere yuko abimenya badacukumbura bagatunga agatoki kuwagize uruhare kukibazo runaka

Barigira Florent yanditse ku itariki ya: 5-08-2020  →  Musubize

"Umunyamakuru mwiza ni umunyamakuru uriho" ni ryo hame, Ayanone ati ese nuvuga umuntu ejo ukangara cg ukabura ubuzima wa muturage washakiraga amakuru azasubizwa na nde, umuturage wayatanze se we nakurikiranwa n’ubuyobozi kuko yatanze amakuru ni nde uzaba abihombeyemo,tuzakomeza gukorera mu cyo twita envirenement kandi birashoboka ko umunsi umwe ubangamira kubona amakuru azashyira atsindwe

Alias yanditse ku itariki ya: 3-08-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka