Uko umuganda wa mbere wa 2016 witabiriwe - AMAFOTO

Nk’uko bisanzwe buri wa gatandatu usoza ukwezi Abanyarwanda n’abatuye mu Rwanda bose bazindukira mu gikorwa cy’umuganda. kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Mutarama 2016 naho habaye umuganda wa mbere w’umwaka wa 2016.

Kigali Today irabakurikiranira uko iki gikorwa kiri bugende mu mafoto hirya no hino mu gihugu aho abanyamakuru bacu bakorera.

Mu Karere ka Bugesera

Abaturage bamaze kugera ahabera umuganda.
Abaturage bamaze kugera ahabera umuganda.
Abaturage bamaze kugera ahabera umuganda.
Abaturage bamaze kugera ahabera umuganda.
Nk'uko bimenyerewe, ingabo nazo zaje guha umusada abaturage.
Nk’uko bimenyerewe, ingabo nazo zaje guha umusada abaturage.
Minisitiri w'Intebe yanasuye abatuye mu mudugudu witiriwe Mandela, aha ari kuganiriza uwitwa Mukamusoni Josephine.
Minisitiri w’Intebe yanasuye abatuye mu mudugudu witiriwe Mandela, aha ari kuganiriza uwitwa Mukamusoni Josephine.
Uyu mukecuru banamukoreye akarima k'igikoni.
Uyu mukecuru banamukoreye akarima k’igikoni.
Aha bari gushyira umurama mu karima k'igikoni bamaze kumwubakira.
Aha bari gushyira umurama mu karima k’igikoni bamaze kumwubakira.

Mu Karere ka Kamonyi

Minisitiri Gatete yifatanyije n'Abanyakamonyi mu muganda ubera mu mudugudu wa Kiranzi, akagari ka Kidahwe, ahavukiye intwari Fred Gisa Rwigema.
Minisitiri Gatete yifatanyije n’Abanyakamonyi mu muganda ubera mu mudugudu wa Kiranzi, akagari ka Kidahwe, ahavukiye intwari Fred Gisa Rwigema.
Bari guharura umuhanda werekezayo.
Bari guharura umuhanda werekezayo.
Uwo muko uri ku itongo ry'aho ababyeyi ba Rwigema bari Batuye.
Uwo muko uri ku itongo ry’aho ababyeyi ba Rwigema bari Batuye.

Mu Karere ka Gasabo

Abagize ishyirahamwe rya CAF ritegura CHAN bafatanyije na MINISPOC bakoreye umuganda mu murenge wa Kimironko, akagari ka Bibare, mu mudugudu w'Inyange.
Abagize ishyirahamwe rya CAF ritegura CHAN bafatanyije na MINISPOC bakoreye umuganda mu murenge wa Kimironko, akagari ka Bibare, mu mudugudu w’Inyange.

Mu Karere ka Nyagatare

Mu mudugudu wa Ryabega, akagari ka Rutaraka, umurenge wa Nyagatare bagombaga kubumba amatafari yo kubukira Kabagwira Merciana.
Mu mudugudu wa Ryabega, akagari ka Rutaraka, umurenge wa Nyagatare bagombaga kubumba amatafari yo kubukira Kabagwira Merciana.
Ariko ubwitabire bwari bukiri bucye ubwo umuganda watangiraga.
Ariko ubwitabire bwari bukiri bucye ubwo umuganda watangiraga.
Hirya no hino muri uyu murenge wa Nyagatare hari abo wasangaga mu bikorwa by'ubucuruzi kandi amasaha y'umuganda yageze.
Hirya no hino muri uyu murenge wa Nyagatare hari abo wasangaga mu bikorwa by’ubucuruzi kandi amasaha y’umuganda yageze.

Mu Karere ka Ruhango

Abaturage.bafatanyije n'inzego z'umutekano bari guharura imihanda yo mu kagari ka Nyamagana, umurenge wa Ruhango.
Abaturage.bafatanyije n’inzego z’umutekano bari guharura imihanda yo mu kagari ka Nyamagana, umurenge wa Ruhango.

Mu Karere ka Rusizi

Abaturage b'umudugudu Wa Mbagira mu karere ka Rusizi, mu nama ya nyuma y'umuganda nyuma yo gukora umuganda batema ibyatsi byameze mu imihanda ibahuza.
Abaturage b’umudugudu Wa Mbagira mu karere ka Rusizi, mu nama ya nyuma y’umuganda nyuma yo gukora umuganda batema ibyatsi byameze mu imihanda ibahuza.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka