AMAFOTO: Umuriro watse mu mujyi wa Kigali hafi ya hotel Okapi

Ahagana ku isaha ya saa munani kuwa 30/05/2014 ku nzu icururizwamo ibikoresho by’ubwubatsi iri hafi ya hotel Okapi mu mujyi Kigali hadutse inkongi y’umuriro ibyari muri iyo nzu byose birashya.

Hari amakuru avuga ko uwo muriro waba watewe n’abakorera umurimo wo gusudira hafi aho, ariko aya makuru ntaremezwa neza, turacyagerageza kuvugana na polisi y’u Rwanda.

Polisi yatabaye izimya umuriro ariko ibicuruzwa byari byakongotse.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka