Kigali: Uko ijoro ryo gusoza umwaka wa 2014 no gutangira uwa 2015 ryagenze mu mafoto
Tariki ya 31 Ukuboza buri mwaka ni umunsi uba utegerejwe n’abantu benshi bishimira ibyo baba baragezeho mu mwaka ushize, cyangwa se bababajwe n’ibibi byababayeho, banateganya kwinjira mu mwaka mushya n’imigabo n’imigambi inyuranye.
Iri joro ryinjiza abantu mu mwaka mushya usanga abantu baryishimishamo mu buryo bunyuranye. Kigali today yazengurutse mu mujyi wa Kigali ikaba igiye kubagezaho uko aho yageze byari byifashe mu mafoto.
Roger Marc Rutindukanamurego
Ibitekerezo
( 6 )
thanx kigalitoday for this article mwahatubereye pe, ndabona hari hahiye big up to your special reporter rutindukanamurego
sha njye nshimiye abakirisitu bo muri assemble de dieu bibuka bagenzi babo ku munsi nkuyu nibakomereze aho pepepe
uwase yanditse ku itariki ya: 1-01-2015 → Musubize
sha ruti uyu nawe umenya ari umumanyura mazi, aba azi aho ikirori cyahiye pe, anyway wakoze kuhatubera no kutwereka uko byari byifashe, big up to kigalitoday staff
thanx kigalitoday for this article mwahatubereye pe, ndabona hari hahiye big up to your special reporter rutindukanamurego
thanx kigalitoday for this article mwahatubereye pe, ndabona hari hahiye big up to your special reporter rutindukanamurego
sha njye nshimiye abakirisitu bo muri assemble de dieu bibuka bagenzi babo ku munsi nkuyu nibakomereze aho pepepe
sha ruti uyu nawe umenya ari umumanyura mazi, aba azi aho ikirori cyahiye pe, anyway wakoze kuhatubera no kutwereka uko byari byifashe, big up to kigalitoday staff
ewana ndabona nyamirambo ikomeje kuba iyambere mu gushya mu gihe kikirori pepepepepepe, thanx to rutindukanamurego wahatubereye kabisa
merci rutindukanamurego kutwereka uko ubunani bwari bumeze mu mpande zitandukanye zumujyi kabisa , kigalitoday you are professional big up to you