AMAFOTO - Umunsi wa mbere w’Iserukiramuco Ubumuntu Arts

Nk’uko twakomeje kubagezaho ibiri kubera mu Iserukiramuco "Ubumuntu Arts", twabahitiyemo amafoto amwe yaranze ibirori byo ku gicamunsi ku munsi wa mbere.

Mukurikire...

Aba bo mu Agahozo Shalom muri Rwamagana bakinnye umukino wanogeye benshi./Foto: Sabiiti Daniel
Aba bo mu Agahozo Shalom muri Rwamagana bakinnye umukino wanogeye benshi./Foto: Sabiiti Daniel
Ku myaka 11, Teta Milanda ukiri muto wo mu itorero Mashirika yasusurukije ibirori cyane./Foto: Sabiiti Daniel
Ku myaka 11, Teta Milanda ukiri muto wo mu itorero Mashirika yasusurukije ibirori cyane./Foto: Sabiiti Daniel
Itorero Mashirika mu mukino bise "Bound Together"
Itorero Mashirika mu mukino bise "Bound Together"
Umushyushyarugamba akaba n'umunyarwenya Nkusi Arthur ni umwe mu bagaragaye mu mukino wa Mashirika./Foto: Sabiiti Daniel
Umushyushyarugamba akaba n’umunyarwenya Nkusi Arthur ni umwe mu bagaragaye mu mukino wa Mashirika./Foto: Sabiiti Daniel
Uyu wo mu gihugu cya Misiri yakinnye umukino bise "Amina's Stories"./Foto: Sabiiti Daniel
Uyu wo mu gihugu cya Misiri yakinnye umukino bise "Amina’s Stories"./Foto: Sabiiti Daniel
Umukino "Mine enemy child" wanejeje benshi mu iserukiramuco./Foto: Sabiiti Daniel
Umukino "Mine enemy child" wanejeje benshi mu iserukiramuco./Foto: Sabiiti Daniel
Indi shusho yo muri "Mine enemy child"./Foto: Sabiiti Daniel.
Indi shusho yo muri "Mine enemy child"./Foto: Sabiiti Daniel.
Anitha Pendo uba mu Rwanda yakinnye muri "Mine enemy Child"./Foto: Sabiiti Daniel
Anitha Pendo uba mu Rwanda yakinnye muri "Mine enemy Child"./Foto: Sabiiti Daniel
Ibice binyuranye byo mu birori byaranze iserukiramuco "Ubumuntu Arts"./Foto: Sabiiti Daniel
Ibice binyuranye byo mu birori byaranze iserukiramuco "Ubumuntu Arts"./Foto: Sabiiti Daniel
Itorero ryo muri Kenya ryakinnye umukino bise "Cut Off My Tongue". Uyu mukino wakinwe nyuma y'imvururu za politiki muri Kenya mu 2008./Foto: Roger Rutindukanamurego
Itorero ryo muri Kenya ryakinnye umukino bise "Cut Off My Tongue". Uyu mukino wakinwe nyuma y’imvururu za politiki muri Kenya mu 2008./Foto: Roger Rutindukanamurego
Iserukiramuco ryabereye ahantu hateguwe mu buryo bwihariye budasanzwe ku Gisozi./Foto: Sabiiti Daniel
Iserukiramuco ryabereye ahantu hateguwe mu buryo bwihariye budasanzwe ku Gisozi./Foto: Sabiiti Daniel
Abitabiriye Iserukiramuco bakurikiraga banezerewe./Foto: Sabiiti Daniel
Abitabiriye Iserukiramuco bakurikiraga banezerewe./Foto: Sabiiti Daniel
Abitabiriye ibirori baryohewe baratinda bishyira cyera... /Foto: Sabiiti Daniel
Abitabiriye ibirori baryohewe baratinda bishyira cyera... /Foto: Sabiiti Daniel
Ubumuntu... Yari intero n'inyikirizo. Ngo buzarambe mu batuye isi bose.../Foto: Sabiiti Daniel
Ubumuntu... Yari intero n’inyikirizo. Ngo buzarambe mu batuye isi bose.../Foto: Sabiiti Daniel

Icyegeranyo cya Ahishakiye Jean d’Amour na Mwasa Fred

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

wow dukeneye aka video thanks Kigali today

willy yanditse ku itariki ya: 12-07-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka