Referendum izaba kuwa gatanu utaha

Inama y’Abaminisitiri yemeje ko Referendum mu gihugu izaba kuwa gatanu tariki 18 Ukuboza 2015, naho ku Banyarwanda baba hanze bakazatora umunsi umwe mbere, ari ho kuwa kane tariki 17 Ukuboza 2015.

Yabyemeje ubwo yateranaga kuri uyu wa kabiri tariki 8 Ukuboza 2015.

Iyi referendum izaba yemeza cyangwa ihakana niba perezida Kagame yemerewe gukomeza kuyobora nyuma ya 2017.
Iyi referendum izaba yemeza cyangwa ihakana niba perezida Kagame yemerewe gukomeza kuyobora nyuma ya 2017.
PRIMATURE yabitangaje ibinyujje muri Twitter.
PRIMATURE yabitangaje ibinyujje muri Twitter.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 8 )

I support "Yego" given the great work HE Kagame has done all through his "Mandate".
A French say: "On ne Change pas l’Equipe qui gagne".This can be translated, though literally in:"We do not replace/change a winning team". This explains my stand.
His "Good Governance" skills, knowledge and wiseness say it ALL.

Beatrice Mironko yanditse ku itariki ya: 10-12-2015  →  Musubize

Twishimiye iyi Kamarampaka PE; Uwiteka MANa uzafashe abanyarwanda batore "YEGO" maze dukomeze tuyoborwe n’Intore izirusha intambwe.MUZEHE wacu tumuri inyuma;twiteguye kuzakomeza kwitanga rwose ntituzamutererana ;IMANA ibishime.AMEN

Daphy yanditse ku itariki ya: 10-12-2015  →  Musubize

TURABYISHIMIYE CYANE!!! TWITEGUYE GUTORA PAUL KAGAME

RWEMERA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

iyi referendum ije ikenewe kugirango twihitiremo icyo dushaka

alias yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

ibi rwose turabyishimiye, tora yego uzanatore paul Kagame muri 2017

Monique yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

How do u know , amatora yari yaba se?????

yego yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

Referendumu izaba tariki 17-18/12 izatwara asaga miliyari ebyiri............... aya mafranga nta kindi yakoreshwa mu gihe ibisubizo bizwi neza ko ari YEGO.

UMUGWANEZA Jeanne yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

Ayomato Ndayishimiye Rwanda Songa Mbere Wihitiramo Ibitubereye

SAMUEL yanditse ku itariki ya: 9-12-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka