Reba ibiciro bishya by’ingendo bivuguruye

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 22 Ukwakira 2020 rwashyize ahagaragara ibiciro bishya by’ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange.

Ibyo biciro biratangira kubahirizwa guhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23/10/2020. Icyakora hari ahagiye hagaragaramo ko hatangajwe imibare itari yo, RURA ikaba yarasobanuye ko hagiye habamo kwibeshya, kandi ko birimo kunozwa.

Dore uko ibyo biciro bihagaze:

Kanda HANO urebe ibiciro byari byashyizweho mbere bitavuzweho rumwe

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 17 )

RURA yari ikwiye gukora ibintu bitarimo gutekinika. Iyi table yakagombye kuba inagaragaza ibilometero bya buri rugendo. Kuko hari ahagaragara kwibeshya. Urugero NYAMATA-GASHORA ni 650frw. NYAMATA-RAMIRO ni 840frw. Mu bigaragara kandi bizwi ugera gashora wanyuze Ramiro. Aha umugenzi yakora iki?
Hari ikindi gikwiye. Rura ikwiye gutunganya neza uburyo bwo kwishyura kuri buri cyapa cyo mu ntara kuko harimo guhendwa ku bagenzi. Urugero: niba mvuye Nyanza ya Kicukiro ngarukira Karumuna, sinumva uko nishyuzwa ayo kugera i Nyamata, kandi iyo mviriyemo Karumuna hakajyamo undi mugenzi nawe arishyura. Ugasanga intebe yishyuwe kabiri. RURA ikwiye kuticara hagakorwa uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe ikarita kandi umugenzi akishyura amafranga angana n ibilometero yagenze.

Sayles yanditse ku itariki ya: 23-10-2020  →  Musubize

Ubundise rura yigiraga ibikikoko? Nawese mbereya covid19 twagenderaga ayabashyizeho kd essence,yaririhejuru nubukungu bumeze,naza none ubukungu bwaraguye,ubushomeri nibwose essence yaragabanutse kd, Leta yanshyizeho ikigega kigoboka abashora,mari nonese nikibari,bagendeyeho bahanika ibiciro? abantu, bajye batekereza,2 ndetse,3 mbere,yogufata icyemezo cyitwa icyinyungurusange

Mukesha yanditse ku itariki ya: 23-10-2020  →  Musubize

Ubundise rura yigiraga ibikikoko? Nawese mbereya covid19 twagenderaga ayabashyizeho kd essence,yaririhejuru nubukungu bumeze,naza none ubukungu bwaraguye,ubushomeri nibwose essence yaragabanutse kd, Leta yanshyizeho ikigega kigoboka abashora,mari nonese nikibari,bagendeyeho bahanika ibiciro? abantu, bajye batekereza,2 ndetse,3 mbere,yogufata icyemezo cyitwa icyinyungurusange

Mukesha yanditse ku itariki ya: 23-10-2020  →  Musubize

Tubanje kubashimirakubwa makuru yanyu mutugezaho
Ibi biciri ntakibazo biteje nibyiza
Gusa nasabaga abashinzwe transportation ko batwibuka hano karama_ norveje ko badusezeranyije imodoka ijya mumugi ako nanubu wapi kandi iracyenewe cyane bidusaba gutega kabiri kandi nyamara umuhanda urakoze neza uva karama nyamirambo downtown pe
Murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 23-10-2020  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka