Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Ukwakira, yayoboye inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, haganirwa ku ngingo zitandukanye zigamije kwihutisha impinduka mu mibereho n’ubukungu bw’Igihugu.

Dore imyanzuro y’iyo nama:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Mubyeyi wacu dukunda mbanje kugushimira uburyo utwitaho,ndagirango nkuko muhora mureberera abaturage mukabakura mubuzima bubi,nkuko mwabigenje zabanywahe .mubyukuri urebye ahitwa munjamina muri kicukiro ya gatenga birababaje kuhareba Kandi hitwa mwisi ya cyenda.naho muzabibuke kuko nihatari urebye ibihabera

Eliasi yanditse ku itariki ya: 14-10-2022  →  Musubize

Nibyiza cyane,mbanje gushimira perezida wacu nkunda cyane .udufashije wadufasha ukatwemerera gukora ubucuruzi bwimikino yamahirwe kuko bidutezimbere kuko ubu byahagaze Kandi byaribidutunze ariko hafunzwe bimwe ibindi birakomeza ubu imashini zacu bamwe zibitse kumirenge itandukanye .murakoze

Emma yanditse ku itariki ya: 14-10-2022  →  Musubize

Nibyiza cyane,mbanje gushimira perezida wacu nkunda cyane .udufashije wadufasha ukatwemerera gukora ubucuruzi bwimikino yamahirwe kuko bidutezimbere kuko ubu byahagaze Kandi byaribidutunze ariko hafunzwe bimwe ibindi birakomeza ubu imashini zacu bamwe zibitse kumirenge itandukanye .murakoze

Emma yanditse ku itariki ya: 14-10-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka