Mu gihugu hose bamaganye Ubwongereza kubera itabwa muri yombi rya Lt Gen Karake Karenzi Abanyarwanda bafata nk’agasuzuguro

Nyuma y’uko imbaga y’Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye ejo ku wa 24 Kamena 2015 bigaragambirije kuri Ambasade y’Ubwongereza bagaya icyemezo cy’Ubwongereza cyo guta muri yombi Lt Gen Karake Karenzi bagasaba ko arekurwa, mu Rwanda hose kuri uyu wa 26 Kamena 2015 baramukiye mu myigaragambyo yo gusaba Ubwongereza kumurekura.

Ubwinshi mu butumwa bunenga icyemezo cy’Ubwongereza abigaragambya bitwaza ku byapa ndetse n’ubwo batanga mu mvugo buranenga ibihubu bikize, by’umwihariko Ubwongereza, binanirwa guta muri yombi abakoze Jenoside mu 1994, ahubwo bikijunduka abayihagaritse.

Dore mu maforo uko imyigaragambyo irimo kugenda.

i Musanze abigaragambya baragendana ifoto ya Lt Gen Karake Karenzi basaba ko arekurwa.
i Musanze abigaragambya baragendana ifoto ya Lt Gen Karake Karenzi basaba ko arekurwa.
Aha ni mu Karere ka Musanze. Buzuye imihanda basaba Ubwongereza kurekura Lt Gen Karake Karenzi.
Aha ni mu Karere ka Musanze. Buzuye imihanda basaba Ubwongereza kurekura Lt Gen Karake Karenzi.
Rwamagana na ho ibihumbi by abaturage biganjemo abanyeshuri bahagurukiye ku kibuga cya Rwamagana bakwira umujyi bigaragambya kubera agahinda ngo batewe n'agasuzuguro k'Abongereza.
Rwamagana na ho ibihumbi by abaturage biganjemo abanyeshuri bahagurukiye ku kibuga cya Rwamagana bakwira umujyi bigaragambya kubera agahinda ngo batewe n’agasuzuguro k’Abongereza.
Kamonyi: aba ni abamotari baturutse ku Ruyenzi berekeza mu Nkoto guhura n'abandi baturutse ku Kamonyi mu myigaragamyo yo kwamagana ifatwa rya Lt Gen Karake.
Kamonyi: aba ni abamotari baturutse ku Ruyenzi berekeza mu Nkoto guhura n’abandi baturutse ku Kamonyi mu myigaragamyo yo kwamagana ifatwa rya Lt Gen Karake.
Ng'uko uko imyagaragambyo imeze mu Karere ka Huye. Na bo bati "Turashaka Gen Karake wacu".
Ng’uko uko imyagaragambyo imeze mu Karere ka Huye. Na bo bati "Turashaka Gen Karake wacu".
i Huye, abanyonzi basaba ko Gen Karake arekurwa.
i Huye, abanyonzi basaba ko Gen Karake arekurwa.
i Huye, abanyonzi basaba ko Gen Karake arekurwa.
i Huye, abanyonzi basaba ko Gen Karake arekurwa.
i Nyanza urugendo rwakamagana Ubwongereza babusaba kurekura Lt Gen Karake Kanzi rwahereye Kubigega.
i Nyanza urugendo rwakamagana Ubwongereza babusaba kurekura Lt Gen Karake Kanzi rwahereye Kubigega.
i Rubavu naho Umujyi wuzuye abantu bigaragambya.
i Rubavu naho Umujyi wuzuye abantu bigaragambya.
Aha ni mu muhanda wo kuri ETEXRWA mu Mujyi wa Kigali.
Aha ni mu muhanda wo kuri ETEXRWA mu Mujyi wa Kigali.
Aha ni mu muhanda wo kuri ETEXRWA mu Mujyi wa Kigali.
Aha ni mu muhanda wo kuri ETEXRWA mu Mujyi wa Kigali.

Rubavu

Abamotari ba Rubavu na ngo biyamye agasuzuguro k'Ubwongereza barashaka ko buhita burekura Lt Gen Karake.
Abamotari ba Rubavu na ngo biyamye agasuzuguro k’Ubwongereza barashaka ko buhita burekura Lt Gen Karake.

Rutsiro

Nyamasheke

Gakenke

Musanze

Gicumbi

Burera

Huye

Muhanga

Kamonyi

Nyamagabe

Nyamagabe naho imirimo yose yari yahagaze buzuye mu magorofa no mu mihanda bigaragambya.
Nyamagabe naho imirimo yose yari yahagaze buzuye mu magorofa no mu mihanda bigaragambya.

Ruhango

Gisagara

Rwamagana

Kirehe

Kayonza

Nyagatare

Ngoma

Kigali Today

Ibitekerezo   ( 3 )

Ihagarikwa rya Gnl K. Karake ni igikorwa cy’iterabwoba rivanze n’ishimuta; ntaho bihuriye n’ubutabera ubwo aribwo bwose. Biraboneka ko kiriya gikorwa kigamije guhungabanya umutekano w’Urwanda no kubuza epfo na ruguru abayobozi bacu.
Gusobanikirwa ku migambi mibisha y’abifuza ko twahora tumarana baradufasha kurwana ku busugi bw’igihugu cyacu n’agaciro kacu dushyize hamwe. Abakuze, bazi amateka yacu y’iyi myaka ishize, bagerageze basobanulire abakiri bato uruhare rwabo mu kulinda ejo hazaza ha twese.

A.Ngendahimana yanditse ku itariki ya: 27-06-2015  →  Musubize

kbs gen karake bamurekure byihuse turamushaka vuba bafate abakoze jenoside

Muhire Valentin yanditse ku itariki ya: 25-06-2015  →  Musubize

kbs gen karake bamurekure byihuse turamushaka vuba bafate abakoze jenoside

Muhire Valentin yanditse ku itariki ya: 25-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka