Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya yaje gutangiza Fondation Meles Zenawi mu Rwanda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 20 Kanama 2015, Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya yageze mu Rwanda aje gutangiza Fondation Meles Zenawi.

Meles Zenawi wari Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya yatabarutse muri Kanama 2012 akaba yari yari umwe mu bayobozi b’Afurika baharanira demokarasi binyuze mu kubaka inzego z’ubuyobozi zikomeye no guharanira kwigira.

Dore mu mafoto ubusabane bwo gutangiza Fondation Meles Zenawi bwari bumeze kuri uyu mugoroba tariki 20 Kanama 2015.

Perezida Kagame ava kwakira Minisitiri w'Intebe wa Etiyopiya.
Perezida Kagame ava kwakira Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya.
Na Madamu Jeannette Kagame yari ahari.
Na Madamu Jeannette Kagame yari ahari.
Perezida Kagame yakira Hailemariam Dessalegn, Minisitiri w'Intebe wa Etiyopiya.
Perezida Kagame yakira Hailemariam Dessalegn, Minisitiri w’Intebe wa Etiyopiya.
Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza Meles Zenawi Foundation.
Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza Meles Zenawi Foundation.

K2D

Ibitekerezo   ( 19 )

Intwari ntizipfa ,ibikorwa byazo byiza bituma duhora tugendera ku bitekerezo byazo

gatoni yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Fondation melez zenawi turayishyigikiye ikaze mu Rwanda na kera na kare uyu nyakwigendera yafashije u RWANDA muribuka ko yahawe n’ishimwe k’uruhare yagize ku Rugamba rwo kubohora u rwanda, ariko gushima nibyiza, dore nubwo yapfuye yasize azirikana ko u Rwanda rwamushimiye azanye ibikorwa byiza... burya koko umuntu nyamuntu ntapfa ibikorwa bisigara aho yahoze.

Pilote yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Whauuuuu.Vive our president. U Rwanda nirukomeze rwagure amarembo.

Makoni yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Melez zenawi foundation izakora iki? nimutubwire ko mwafotoye gusa.

Gicanda yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Umuyobozi mwiza ahora ashakira abe icy’abateza imbere,President Kagame ahora ashakira icyateza abanyarwanda
imbere.

Gigi yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Melez zenawi yari umugabo, ibikorwa bye ni ibya Kigabo byanze bikunze.

Kimonyo yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Papi nkuko abivuze nku Rwanda dukwiye kwigira kuri Kwigira kubikorwa Zenawi.

Richard yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Amafoto meza niyo mwitayeho ariko mwatubwiye bike cyane ku nkuru uwo mushinga uzakora kuki?ugamije iki?

Igitego yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Ethiopie ni igihugu cy’abavandimwe imishinga bazanye irubaka byanze bikunze, nibaze rwose.

Igitego yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Nyakwigendera Melez zenawi yari inshuti y’ u Rwanda na Ethiopie nk’igihugu,umushinga we ni ibuye ryiyongera muguharanira kwigira kw’abanyarwanda.

Petit ours brun yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Ministri w’intebe wa ethiopie tumuhaye ikaze.
ikaze murwanda rwacu.

Enzo yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Nakunze amafoto yafotowe nabahanga-Kigali Today mwakoze cyane-nimukomereze aho

Henry yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka