Minisitiri Biruta ayoboye inama n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, DR Vincent Biruta ayoboye inama yitabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda.

Nk’uko byatangajwe ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, iyi nama iribanda ku biza byibasiye uduce tw’amajyaruguru, uburengerazuba n’amajyepfo by’igihugu.

Ni inama igamije guha amakuru aba ba dipolomate no kubasobanurira uko ubuzima bwifashe muri izo ntara zibasize n’ibiza mu minsi ishize, ikaba yanitabiriwe na Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi, Kayisire Marie Solange

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka