Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
|
APR FC inganyije na Gorilla FC ikomeza ku gabanya igitutu kuri POLICE FC
Madamu Jeannette Kagame yifurije abana Noheli nziza n’Umwaka mushya muhire
Perezida Kagame yaganiriye n’abashoramari Jack Ma na Jerry Yang
Aba DASSO basoje amahugurwa bibukijwe ko umutekano ureberwa mu buryo bwagutse
Murakoze cyane ariko mfite ikibazo ngira ngo munsubize
Umuntu wakingiwe covid 19 ikiciro cya mbere akaba ategereje ikiciro cya 2 hari icyangombwa yahabwa igihe agiye gutegura urugendo rwokujya mumahanga ?cg yategereza akabanza gukingirwa nurwa 2?
Mwaramutse nez buriya Hari ibyatuyobeye muri company bita ecomuj ya Murengezi j.d,dieur batubwira ko bahambera imisi 15 ariko bigera mumezi 2’5 hafi atatatu kd dufite imiryango tugaburira kd dukora mubikorwa remezo by’amazi mwazadukorey ubuvugizi byibuze akisubiraho Koko?
Muraho ba yobozi badahwema kutumenyera ibidukwiriye mwagize neza kuba mwafunguye ingendo, abasigaye nabo bihangane bagumye kubahiriza ingamba zo kwirinda covid19.
Murakoze cyane tueabashimiye kubwo gukomeza kuturinda
Twishimiye imyanzuro yafashwe.
Turashimira ingamba zafashwe rwose ,ningirakamaro,Leta yacu iratureberera nkabana bayo,murakoze.
Nyanza birakomeye nacyo tuzajya tujya guterera muruhango ni huye