Ingendo ziremewe uretse izijya n’iziva i Bugesera, Nyanza na Gisagara (Inama y’Abaminisitiri)
Yanditswe na
KT Editorial
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 15 Werurwe 2021, iyoborwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ikaba yafatiwemo ibyemezo bikurikira:
Murakoze cyane ariko mfite ikibazo ngira ngo munsubize
Umuntu wakingiwe covid 19 ikiciro cya mbere akaba ategereje ikiciro cya 2 hari icyangombwa yahabwa igihe agiye gutegura urugendo rwokujya mumahanga ?cg yategereza akabanza gukingirwa nurwa 2?
Mwaramutse nez buriya Hari ibyatuyobeye muri company bita ecomuj ya Murengezi j.d,dieur batubwira ko bahambera imisi 15 ariko bigera mumezi 2’5 hafi atatatu kd dufite imiryango tugaburira kd dukora mubikorwa remezo by’amazi mwazadukorey ubuvugizi byibuze akisubiraho Koko?
Muraho ba yobozi badahwema kutumenyera ibidukwiriye mwagize neza kuba mwafunguye ingendo, abasigaye nabo bihangane bagumye kubahiriza ingamba zo kwirinda covid19.
Murakoze cyane tueabashimiye kubwo gukomeza kuturinda
Twishimiye imyanzuro yafashwe.
Turashimira ingamba zafashwe rwose ,ningirakamaro,Leta yacu iratureberera nkabana bayo,murakoze.
Nyanza birakomeye nacyo tuzajya tujya guterera muruhango ni huye