Ingendo i Kigali ziremewe kugera saa yine z’ijoro (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 01 Nzeri 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro ikurikira:
Ohereza igitekerezo
|
Maze iminsi ndeba ukuntu abantu bagemurirwa ibyo kurya mungo inkoko,Amafi,Inzoga,Nibindi yewe ibicuruzwa byose byabaye gutyo
Urundi ruhande Rra ngo mwake EBM
hari ibintu bidakunda Igihugu cyatsitse Urugamba ariko Intambara yo iracyahari
Ndabona ibintu birimo kugenda neza dukomeze kwikingiza kdi tunirinda
Ariko hari ibindi mudafungura Ese utubari tuzakomeza gukora dufunze?Sauna se zo bimeze gute?iyo utubari dukora dufunze hari byinshi igihugu gihomba yego Bralirwa na Skol birunguka Dore ko Bralirwa yo ivuga ko yungutse Ariko nkabayobozi mubirebe muburyo bwagutse,ibikorwa nibyo birafungurwa gahoro gahoro ariko igihugu kirimo guhomba muburyo bwinshi abakora assesment mwayikora mumpande zose mwabibona
Muraho neza bayobozi mwatubwira igihe abifuza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga igihe muzafungurira murakoze
Muraho nez mwatubwira igihe amashuri azatangirira
Murakozecyane kutugezaho imyanzuro natwe tuzakomeza kubahiriza amabwiriza ukobikwiye