Ingendo i Kigali ziremewe kugera saa yine z’ijoro (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 01 Nzeri 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabereye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro ikurikira:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Maze iminsi ndeba ukuntu abantu bagemurirwa ibyo kurya mungo inkoko,Amafi,Inzoga,Nibindi yewe ibicuruzwa byose byabaye gutyo
Urundi ruhande Rra ngo mwake EBM
hari ibintu bidakunda Igihugu cyatsitse Urugamba ariko Intambara yo iracyahari

alias yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Ndabona ibintu birimo kugenda neza dukomeze kwikingiza kdi tunirinda
Ariko hari ibindi mudafungura Ese utubari tuzakomeza gukora dufunze?Sauna se zo bimeze gute?iyo utubari dukora dufunze hari byinshi igihugu gihomba yego Bralirwa na Skol birunguka Dore ko Bralirwa yo ivuga ko yungutse Ariko nkabayobozi mubirebe muburyo bwagutse,ibikorwa nibyo birafungurwa gahoro gahoro ariko igihugu kirimo guhomba muburyo bwinshi abakora assesment mwayikora mumpande zose mwabibona

alias yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Muraho neza bayobozi mwatubwira igihe abifuza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga igihe muzafungurira murakoze

Eugene kukamonyi yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Muraho nez mwatubwira igihe amashuri azatangirira

Aliad yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Murakozecyane kutugezaho imyanzuro natwe tuzakomeza kubahiriza amabwiriza ukobikwiye

Maniraguha athanaze yanditse ku itariki ya: 2-09-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka