Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 20 Mata 2023, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngamba na Politiki zinyuranye, zigamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu bw’Igihugu.
- Inama y’Abaminisitiri yateranye
Inama nk’iyi yaherukaga kuba tariki 24 Werurwe 2023, haganirwa ku ngamba na Politiki zinyuranye.
Dore imyanzuro yafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa Kane:
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|