Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 20 Mata 2023, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngamba na Politiki zinyuranye, zigamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu bw’Igihugu.

Inama y'Abaminisitiri yateranye
Inama y’Abaminisitiri yateranye

Inama nk’iyi yaherukaga kuba tariki 24 Werurwe 2023, haganirwa ku ngamba na Politiki zinyuranye.

Dore imyanzuro yafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa Kane:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka