#COVID19 mu Rwanda: Guma mu Rugo iri mu dushya twaranze umwaka wa 2020 (Video)

Umwaka wa 2020 Abanyarwanda bawufataga nk’udasanzwe kuko bawumvaga nk’inzozi kuva muri 2000, ubwo u Rwanda rwihaga icyerekezo 2020 benshi bazi nka ‘Vision 2020’.

Umwaka wa 2020 waje ufite indi sura abantu batatekerezaga, haba mu Rwanda no ku isi muri rusange kubera ibihe bidasanzwe byatewe n’icyorezo cya COVID-19.

Kigali Today yabateguriye inkuru mu mashusho igaragaza ibyaranze umwaka wa 2020 mu ishusho ya COVID-19.

Ni umwaka wari wihariye kuko nta muntu watekerezaga ko abantu basabwa kudasohoka mu ngo zabo mu gihe kirenga ukwezi kose. Kuri bamwe ngo ni umwaka bashaka kwibagirwa ngo ariko biragoye kuwibagirwa.

Birebe muri iyi Video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ndabashimiye

Damour yanditse ku itariki ya: 10-01-2021  →  Musubize

Ndabashimiye

Damour yanditse ku itariki ya: 10-01-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka