Bamwe mu bayobozi b’ubuhinzi b’ejo hazaza

Mu myaka ishize, Abanyarwanda baravugaga ngo "umurimo ni uguhinga, ibindi ni amahirwe", bashaka kuvuga ko ubuhinzi bwagenewe abadafite andi mahitamo.

Uyu munsi, ubuhinzi ni umwuga abantu bahitamo, urubyiruko rukiyemeza kubyiga mu ishuri, rukiga ikoranabuhanga ryabwo ndetse n’ubushakashatsi bwatuma butera imbere, kuko igihugu cyashyizeho icyerekezo.

Ishuri rikuru ry’Ubuhinzi bubungabunga ubutaka, RICA, riri mu bigo byiyemeje gushyira ubuhinzi bw’u Rwanda ku rundi rwego. Abari kuri uru rutonde, ni bamwe mu banyeshuri bategerejwe mu minsi ya vuba kuza kwereka Abanyarwanda uko bakora ubuhinzi bw’umwuga, bwunguka.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka