Hotel Chez Lando yibasiwe n’inkongi

Hotel Chez Lando iri ahitwa ku Gisementi mu Mujyi wa Kigali, guhera mu ma saa tatu n’igice kuri uyu wa 2 Nyakanga 2016 yafashwe n’inkongi y’umuriro.

Chez Lando hahiye.
Chez Lando hahiye.

Inkongi ngo yaturutse muri resitora no mu cyumba cy’inama aho bashyiragamo ibyuma bishyushya amazi bikaza gukoranaho bigateza inkongi.

Ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi ryahageze ryitwaje imodoka ebyiri, ariko basanga inkongi ikomeye biba ngombwa batumizaho izindi.

Abakora muri iyo hotel ariko bavuga ko Polisi yatangiye ubutabazi ibyinshi mu bikoresho bamaze kubisohora ku buryo inyubako ari zo ngo zangiritse gusa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Abashinzwe ibiza basuzume ibyateye iyonkongi

niringiyimana felecien yanditse ku itariki ya: 2-07-2016  →  Musubize

abo bakozi nintwari kuko hari byinshi bakoze mbereyuko police ihagera.twabirebaga ntakobatagize.

umuhire yanditse ku itariki ya: 2-07-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka