Dore amwe mu mafoto yaranze ibitaramo bitandukanye itorero Inganzo Ngari ryakoreye muri iki gihugu riherekejwe na Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya.
Amafoto: Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya
Kigali Today
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
Dore amwe mu mafoto yaranze ibitaramo bitandukanye itorero Inganzo Ngari ryakoreye muri iki gihugu riherekejwe na Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya.
Amafoto: Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya
Kigali Today
|
Kamonyi: Umuhanda Rugobagoba-Mukunguri ugiye gukorwa
Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza yatangiye gukurikiranwa ku byaha akekwaho bya Jenoside
Nta wabinsabye-Jimmy Gatete ku gutanga umusanzu kuri ruhago Nyarwanda
RDC: Abadepite bahawe imodoka zihenze, bifatwa nka ruswa
Nibakomeze Besimihigo Nkinganzo Ngari Yaguye Kurehayo Niho Tugana Mukomeze Mutambuke Gitore Mwesimihigo Mwiziihirwe ,aracyari Mucyasi Ariko Aravugiye
Inganzo Ngari
Muzahora Ku isonga
Ndabakunda kandi ubanga yaba atabona. Erega ngo burya n’utabona arakabakaba kandi akeza karigura. Muri aba mbere peee. Imana ikomeze ibashoboze uyu munsi n’ejo.
Inganzo Ngari
Muzahora Ku isonga
Ndabakunda kandi ubanga yaba atabona. Erega ngo burya n’utabona arakabakaba kandi akeza karigura. Muri aba mbere peee. Imana ikomeze ibashoboze uyu munsi n’ejo.
INGANZO NGARI
ishema n’ubutwari
Mu kwimakaza no gukundisha ndetse no gukumbuza benshi bimwe mu byiza biranga umuco nyarwanda. Imbyino, ibyivugo, ibihozo, ikondera, inanga, ibyivugo by’intore n’ibindi. Imana kuba hafi y’Inganzo Ngari.
Inganzo ngali mukomere mukomere turabashigikiye mukomeze muzamure umuco wu Rwanda ariryo bendera ryacu
NGANZO NGARI imana ijye ibaha umugisha mubwitange mugaragaza mukubaka igihugu nokukimenya hose mumuco nyarwanda murabishoboye rwose ntawabahiga
NGANZO NGARI imana ijye ibaha umugisha mubwitange mugaragaza mukubaka igihugu nokukimenya hose mumuco nyarwanda murabishoboye rwose ntawabahiga
umuco wacu nomumahanga urakunzwe cyane. nibyo kwishimirwa peeee
umuco wacu amahanga amaze kuwishimira ku buryo yemeye rwose