Nyamasheke: Abacuruzi ba Kawa barasaba ubuyobozi kubagaruriza Miliyoni 16 zanyerejwe

Abanyamuryango ba Koperative Nyamirundi ikora ubucuruzi bw’Ikawa mu Karere ka Nyamasheke, barasaba ubuyobozi bw’Akarere kubagaruriza umutungo usaga Miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda, bavuga ko zanyerejwe na Perezida wa Koperative yabo ndetse n’umucunga mutungo wayo.

Umuyobozi w'akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe ubukungu, Ntaganira Josue Michael avuga ko bagiye gukurikirana iki kibazo vuba
Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe ubukungu, Ntaganira Josue Michael avuga ko bagiye gukurikirana iki kibazo vuba
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka