Abashinzwe kurwanya ibikorwa by’ubuhigi butemewe n’amategeko mu birunga babonye ingagi y’imyaka itatu yapfiriye mu mutego.
Kuva muri Kamena uyu mwaka, ibiciro byo gusura ingagi biziyongeraho 50% ku banyamahanga ndetse no ku Banyarwanda.
Imirambo ibiri y’inzovu yatahuwe mu mazi y’ikiyaga cya Rwanyakizinga ireremba hejuru y’amazi tariki 04/01/2012. Abayobozi bashinzwe kurinda parike y’Akagera ntibaramenya icyateye urupfu z’izi nzovu.
Kubera ko intare n’inkura biri mu nyamaswa zirimo kuzimira bitewe na barushimusi ndetse n’intambara, u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kuzajya kuzicirira muri Afrika y’Epfo umwaka utaha.
Nyuma y’ibibazo by’urusobe byagaragaye muri pariki y’akagera birimo kuba inyamaswa zitera abaturage zikabonera ndetse zikabica hamwe n’ibibazo by’abaturage bigabiza pariki bagatega. Minisitiri ufite munshingano ze ubucuruzi Kanimba Francois taliki ya 12 Ugushyingo yasuye pariki y’akagera kugira ngo arebe aho gucyemura ibyo (...)