Umwana w’umwaka umwe aratwite
Abaganga bo mu gihugu cy’u Bushinwa batunguwe no gusuzuma umwana witwa Mengru Kang ufite umwaka umwe bagasanga atwite.
Uwo mwana yaje kujyanwa kwa muganga nyuma yaho inda ye yari yaratumbye ku buryo bukabije. Nyuma yo gukorerwa ibizamini binyuranye ndetse no gucishwa mu cyuma, abaganga basanze atwite umwana ndetse ngo kuri ubu atangiye kugenda akura.
Ikindi nuko uwo mwana yaba atwite impanga kandi ashobora kuba yabagwa kugirango ubuzima bwe butazajya mu kangaratete; nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru The Telegraph.
Ernestine Musanabera
Ibitekerezo ( 31 )
Ohereza igitekerezo
|
IBYO BIBAYEHO ISI YABA IRANGIYEPEEE!
YESU NIWEUBIZI
AZANABIKEMURA
IBYO IMANA IKORA BIRATANGAZA
Iyi nkuru yasohotse 25/05/2012. Umwana yaravuwe kera ubu amaze kuba inkumi. None dore inkuru muyanditse ubu wagirango byabaye ejo bindi. We need up to date news.
Ubunge mbanumiwe ese haruwayimuteye abaye nkanyina wa yezu rero
iri ni ishyo pe ahaa!!!
Ibintu birakomeye.Abasenga basenge,abihana bihane kuko ibi ari ibimenyetso bigaragazako ISI iri hafi kurangira.Iki kimenyetso kirakomeye cyane n’ubwo kitanditse muri Bibiliya Yera cyangwa muri Coran.
Mudusobanurire neza pe!ese uwomwana yavutse afite inda koko?cgse yayi fashe nyuma yo kuvuka. Ariko nanone byaba se ari amakabyankuru?mukomeze muyitohoze neza muzatubwire ubutaha. Murakoze.
biteye agahinda byarabaye koko mutubwize ukuri?
uretse ko bidashoboka iyo biza kubabyo isi yari kuba igiye
kurangira.
Biteye ubwoba, ni uko batatubwiye hano neza inkuru ariko uyu mwana yavutse atwite impanga ye, ntawamufashe kungufu! mwajya hano, mugasoma inkuru yose! http://www.seneweb.com/news/Insolite/une-petite-fille-de-1-an-est-enceinte-et-porte-son-jumeau-dans-son-ventre_n_65873.html
njye ibyuwo mwana simbyumva,ubwo se birashoboka