Umwana w’umwaka umwe aratwite
Abaganga bo mu gihugu cy’u Bushinwa batunguwe no gusuzuma umwana witwa Mengru Kang ufite umwaka umwe bagasanga atwite.
Uwo mwana yaje kujyanwa kwa muganga nyuma yaho inda ye yari yaratumbye ku buryo bukabije. Nyuma yo gukorerwa ibizamini binyuranye ndetse no gucishwa mu cyuma, abaganga basanze atwite umwana ndetse ngo kuri ubu atangiye kugenda akura.
Ikindi nuko uwo mwana yaba atwite impanga kandi ashobora kuba yabagwa kugirango ubuzima bwe butazajya mu kangaratete; nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru The Telegraph.
Ernestine Musanabera
Ibitekerezo ( 31 )
Ohereza igitekerezo
|
Mungu we,ni ukuri ntibisanzue,none se ko abantu biringaniza murabona mugasanga Iyaduhanze idashaka kuigararagaza nk’ituruta koko,ubu se uriya muana we ubu yaratangiye kujya mu mihango ryari kugira ngo tuvuge ko basi yaba yatuita kueli?Yayitewe n’ungana ate ngo basi azahanirue guhohotera umuana,ku buanjye ndumva bidasanzue,murakoze.
Ibi ntibisanzwe gusa uyumwana nuwo kwitabwaho bikomeye........,Imana izimpamvu yabikoze knd izabisoza.
C’est demoniaque
Ni mubushinwa koko
ahaaaa. abasengabakwiye gusengera uwomwana.
kuko ndabona bimukomeranye
imana izamuhe kuruhuka amahoro.
Ubu se kandi noneho, iyi nda yo yaturutse he bagenzi? Birayoberanye. Ibi bigaragaza Ubuto bw’Umuntu (finitude). Ni mucyo tujye twemera tugire aho tugarukira mu kwikuza, ubundi twiringire Umurenyi ni na we uzafasha uriya mwana kuko ari We uri uko bizamera kugeza ubu.
imana ibane nawe
MUMUSENGERE NAHO UBUNDI , BIRIYA N’IMANA YONYINE IZI IMPAMVU YABYO.
MUMUSENGERE NAHO UBUNDI , BIRIYA N’IMANA YONYINE IZI IMPAMVU YABYO.
Incoplete news try to complete then next
Birashoboka . buriya nyina wuriya mwana yagombaga kuba yari atwite batatu ariko kumpamvu zitazwi neza les liquides amiyotiques irimo ibyagombaga kuvamo abandi babiri basigaye byagiye munda yuriya mwana bitangira gukura . ariko nyine murumva ko bariya bana babaretse ntabwo bashobora kuba abantu ndetse nuriya mwana yazahasiga ubuzima. impamvu: umwana w’umwaka umwe ntbwo aba afite sisiteme iminitele ikomeye kuburyo yagaburira bariya bana. ntabwo bikunze kuba ho ariko birashoboka.
Ndumva bidasanzwe mutumenyere ayomakuru rwose muzayaduhe neza
Mfite impungenge nyinshi kubw’iyi nkuru!!!!!!!!!!!!!!!,none ndabaza rwose ,Uyu mwana iyi NDA yayikuyehe ?,Mubikoreho ubushakashatsi rwose !.Mwibaze n’Ubuzima bw’Uyu mwana n’Umwana (Abana) azabyara?.