Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira

Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.

Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.

Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.

Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 69 )

uwo mugabo afite byiza ariko arusheho gusenga

kawo yanditse ku itariki ya: 31-08-2013  →  Musubize

uriya mugabo ararenze pe!abagore baragowe ndabarahiye!

fag yanditse ku itariki ya: 28-08-2013  →  Musubize

Ibaze kabisa,aranduta gake

Anderson bm yanditse ku itariki ya: 15-08-2013  →  Musubize

Ahaa uwo mugabo ndumva ari champion kbsa

Dallars yanditse ku itariki ya: 11-08-2013  →  Musubize

Abantu se ko ari ba ntamunoza;wasanga
umugore we amucainyuma akajya kureba into.

hapa yanditse ku itariki ya: 10-08-2013  →  Musubize

Ahantu se ko ari ba nyamunoza;wasanga umugore we amucainyuma akajya kureba into.

hapa yanditse ku itariki ya: 10-08-2013  →  Musubize

uyu mujyama ko andushaho gato?ntaribi aranyemeje peee!!!!!!!

TURIKUNKIKO AIME yanditse ku itariki ya: 4-07-2013  →  Musubize

namahirwe yagize kubayifitiyimpano yumutungo nkiyo imamanayamwihereye

nk mathieu yanditse ku itariki ya: 28-05-2013  →  Musubize

Sha uramuharabitse urakoze

jp yanditse ku itariki ya: 13-05-2013  →  Musubize

ubuse ko avuga ngo nuw’ambere harabandi batagira uruvugiro mubyaro aho tutazi ndatinyutse nivuyemo ntuye muburasira zuba m’ukarere k’arwamagana umurenge w’akigabiro akagari k’acyanya umudugudu w’akaruhayi imyaka 23ys igitsina cyanjye gipima uburebure bungana na cm 20.6 mubihe bisanzwe n’34.3 iyo nafashe umurego kuki mutatugeraho natwe hanyuma mukore isuzuma hanyuma tube abastari nkabandi bos murakoze dukeneye ubuvugizi.

hakizimana modeste yanditse ku itariki ya: 13-05-2013  →  Musubize

Uyu afite gato. Nzi umugabo twabanaga muri Camp GP twamwitaga gasongo. Igitsina cye kiri mu bihe bisanzwe cyari gifite 34 cm, cyaba kirakaye kikagarukira munsi y’amavi. Ubunini bwacyo bwari nk’icupa rya Mutzig. Ngaho mbwira nawe urumva bahuriye hehe koko. Uwo mugabo muvuga ari kumwe n’uwo Gasongo wasanga ak’uwo munyamerika kabaye nk’ak’umwana ndabarahiye.

Ndanga E yanditse ku itariki ya: 28-03-2013  →  Musubize

uwo mugabo yaba aje ari igisubizo kuri bamwe .imari ye nayikomeze kuko hari isoko yayo uhubwo sinziko azabakwira.ariko ntacyo yanakoresha tombora.sawa mugire ibihe byiza.

Gasasira oscar yanditse ku itariki ya: 17-03-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka