Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira
Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.
Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.
Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.
Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 69 )
Ohereza igitekerezo
|
uwo mugabo afite byiza ariko arusheho gusenga
uriya mugabo ararenze pe!abagore baragowe ndabarahiye!
Ibaze kabisa,aranduta gake
Ahaa uwo mugabo ndumva ari champion kbsa
Abantu se ko ari ba ntamunoza;wasanga
umugore we amucainyuma akajya kureba into.
Ahantu se ko ari ba nyamunoza;wasanga umugore we amucainyuma akajya kureba into.
uyu mujyama ko andushaho gato?ntaribi aranyemeje peee!!!!!!!
namahirwe yagize kubayifitiyimpano yumutungo nkiyo imamanayamwihereye
Sha uramuharabitse urakoze
ubuse ko avuga ngo nuw’ambere harabandi batagira uruvugiro mubyaro aho tutazi ndatinyutse nivuyemo ntuye muburasira zuba m’ukarere k’arwamagana umurenge w’akigabiro akagari k’acyanya umudugudu w’akaruhayi imyaka 23ys igitsina cyanjye gipima uburebure bungana na cm 20.6 mubihe bisanzwe n’34.3 iyo nafashe umurego kuki mutatugeraho natwe hanyuma mukore isuzuma hanyuma tube abastari nkabandi bos murakoze dukeneye ubuvugizi.
Uyu afite gato. Nzi umugabo twabanaga muri Camp GP twamwitaga gasongo. Igitsina cye kiri mu bihe bisanzwe cyari gifite 34 cm, cyaba kirakaye kikagarukira munsi y’amavi. Ubunini bwacyo bwari nk’icupa rya Mutzig. Ngaho mbwira nawe urumva bahuriye hehe koko. Uwo mugabo muvuga ari kumwe n’uwo Gasongo wasanga ak’uwo munyamerika kabaye nk’ak’umwana ndabarahiye.
uwo mugabo yaba aje ari igisubizo kuri bamwe .imari ye nayikomeze kuko hari isoko yayo uhubwo sinziko azabakwira.ariko ntacyo yanakoresha tombora.sawa mugire ibihe byiza.