Umwana w’umuhungu w’imyaka 16 y’amavuko wo mu gihugu cya Brezil yitabye Imana amaze kwikinisha inshuro 42 zikurikiranyije.
Umubyeyi w’Umushinwakazi yogoshe imisatsi y’impanga ze enye kugira ngo abone uko ashyira nimero ku mitwe yabo mu rwego rwo korohereza abarimu babigisha kubatandukanya.
Umugabo w’umwongereza witwa Scott Brown aherutse gutsindira amapawundi ibihumbi 50 (asaga miliyoni 48 ubaze mu mafaranga y’u Rwanda) maze ahitamo gushaka uburyo bwose ayatagaguza kugira ngo atazayagabana n’umugorewe bari hafi gutandukana.
Umugore witwa Pamela Frazer w’imyaka 30 y’amavuko wo mu gihugu cy’u Bubiligi yibarutse abana babiri b’impanga ariko badahuje uruhu, kuko umwe ni umuzungu undi ni umwirabura.
Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo n’abo muri Koreya y’Epfo bari kwiga uburyo bakora telefoni igendanwa yo mu bwoko bwa « smartphone » izaba ifite ubushobozi bwo gupima agakoko ka Sida.
Umugore witwa Sandra McNab w’imyaka 55 y’amavuko arashaka uwamubera umugabo nyuma yo gutandukana n’abagabo umunani mu gihe cy’imyaka 39.
Ubufushyi bwatumye umugore wo mu gihugu cya Péru ku mugabane w’Amerika akata igitsina cy’umugabo we, akoresheje icyuma cyo mu gikoni, amuziza ko ngo yamucaga inyuma.
Ahitwa Ahmedabad mu gihugu cy’Ubuhinde hari iduka ricuruza imyenda ryitwa Hitler ndetse rinafite ikimenyetso cy’umusaraba (croix gammée) cyarangaga Abanazi (Nazis). Nyir’ iryo duka arasabwa guhindura iri zina kuko ritavugwaho rumwe n’abaturage b’aka gace ndetse n’abayahudi bagatuye.
Besse Cooper, umugore wo muri Leta ya Géorgie muri Leta Zunze Ubimwe z’Amerika, niwe muntu ushaje kurusha abandi ku isi. Kuri uyu wa 28/08/2012 yizihije isabukuru y’imyaka 116.
Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga w’ubuforomokazi muri Leta ya New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika arwaye indwara yitwa (Persistent Genital Arousal Disorder) ituma yifuza gukora imibonano mpuzabitsina inshuro zirenga 100 ku munsi.
Minisitiri ufite ibidukikije mu nshingano ze mu gihugu cya Tayiwani, Stephen Shen, arasaba abagabo bose bo muri icyo gihugu kujya banyara bicaye mu rwego rwo kwita ku isuku y’imisarane.
Ihuriro rya sosiyete sivile ryo muri Togo rirahamagarira abagore gukora imyigaragambyo y’icyumweru badatera akabariro n’abagabo babo mu rwego rwo gushyira igitutu kuri Perezida Faure Gnassingbe kugira ngo yegure.
Mu mudugudu wa Karwana, akagari ka Nyamigina, umurenge wa Mareba mu karere ka Bugesera, ihene yabyaye abana batanu kandi bose bameze neza.
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Nepali yarumwe n’inzoka maze nawe arayishyura arayirumagura kugeza ishizemo umwuka.
Ishusho ya Bikira Mariya yo muri Paruwasi ya Mutagatifu Antoine wa Paduwa ahitwa i Moossou mu gihugu cya Cote d’Ivoire imaze iminsi irira amaraso nk’uko byemezwa n’abayibonye.
Bitandukanye n’ibyo abenshi bibwiraga ko ubwonko buhagarara gukura mu gihe cy’ubugimbi, ubushakashatsi bwagaragaje ko ubwonko bw’umuntu bukomeza gukura kugeza mu myaka 30 y’amavuko.
Umuntu utazwi yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter amafoto bavuga ko ari aya nyina wa Obama, Ann Dunham, yambaye umwenda w’Adamu.
Umunyamerikakazi witwa Diana Nyad mu cyumweru gishize yatangiye urugendo rwo koga ibirometero 165, akava mu gihugu cya Cuba akagera mu ntara ya Floride muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Umugabo wo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yashyingiranywe n’abagore batatu kuzabana akaramata ndetse na pasiteri abiha umugisha.
Mu gihugu cya Arabiya Sowudite ngo bagiye kubaka umujyi uzaba ari uw’abagore gusa mu rwego rwo guteza imbere imyuga y’abagore n’amategeko ya sharia.
Mu gihugu cya Irlande (mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’umugabane w’Uburayi), mu marimbi y’umujyi wa Belfast, hagaragaye ishusho bavuga ko ari iya Yezu Christu.
Televiziyo yo mu Bwongereza yitwa Bsky B yavuze ko tariki 05/10/2012 izashyiraho televiziyo ishinzwe kwerekana urukurikirane rwa firimi zose zakinwe na James Bond mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 amaze akina filimi.
Umugabo witwa Seth Horvitz wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatumije televiziyo (éclat téléviseur) akoresheje internet kuri sosiyete yitwa Amazon maze atungurwa no kubona bamwoherereje imbunda yo mu bwoko bwa SIG Sauer SIG716.
Anita Burtty, Umunya-Ositaraliyakazi ufite imyaka 42 y’amavuko akaba n’umuhanga mu by’ubumenyi bw’inyenyeri, yatangaje abantu kuri televiziyo y’iwabo ubwo yavugaga ko yarangije imyiteguro y’ubukwe bwe ateganya muri Mata 2012 kandi ataranabona inshuti y’umusore.
Umugabo witwa Vital Karibwende afungiye kuri Station ya Polisi ya Busasamana mu karere ka Nyanza, nyuma y’uko atawe muri yombi agerageza gusagararira Minisitiri w’Intebe, Dr Habumuremyi Pierre Damien ubwo yari mu birori byo kwizihiza umunsi w’umuganura.
Temarigwe Abdallah uzwiho ubuhanga bwo kurya ibiryo byinshi kandi mu buryo budasanzwe mu Rwanda yatunguranye ntiyigaragaza neza muri uwo mukino ubwo yari mu mujyi wa Nyanza tariki 01/08/2012 umunsi wizihirijweho umuganura.
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari kamwe mu tugize Akarere ka Rwamagana yatunguye bagenzi be bakoranaga inama biga ku kibazo cyo kugenzura ko Nyakatsi yacitse burundu, avuga ko hakiri Nyakatsi nyinshi mu Kagari ke kuko ahabona Nyakatsi zihingwamo ibihumyo ndetse zikanahumbirwamo ibiti (pepinieres).
Umwongereza w’imyaka 34 y’amavuko yafashe icyemezo cyo kuva mu Bufaransa akajya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yoga kandi nta n’umwenda w’ubutabazi (life jacket)yambaye.
Charles na Te’Andra Wilson bo muri Mississipi Yepfo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, tariki 20/07/2012, bangiwe gusezeranywa n’umupasiteri wo mu rusengero rw’Ababatisita kubera ko ari abirabura.