Umva indirimbo nshya ya Mani Martin ivuga ku nzozi z’umuntu ukumbuye iwabo

Umuhanzi Mani Martin uzwi cyane mu njyana Nyafurika, yasohoye indirimbo yise "Ndaraye" ivuga ku nzozi z’umuntu ukumbuye iwabo.

Ndaraye ni indirimbo iri kuri Alubumu ya Gatanu ya Mani Martin
Ndaraye ni indirimbo iri kuri Alubumu ya Gatanu ya Mani Martin

Iyo ndirimbo iri mu njyana y’ikinimba imenyerewe mu Majyaruguru y’u Rwanda, ikaba ari imwe mu zigize Alubumu ye ya gatanu yise "Afro".

Umva "Ndaraye" ya Mani Martin

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

murahoneza turabakurikiye cyan

Hakuzimana yanditse ku itariki ya: 28-06-2018  →  Musubize

manimarite nakomereze aho.

muhorakeyemuhorakeye olive yanditse ku itariki ya: 18-10-2017  →  Musubize

Turabakunda Kandi Turabakurikirana Turifuza Ko Mwadusura Mumurenge Wa Mukama Mukagali Ka Gatete
Ntabuyobozi Buhagera Ubu Twarapfukiranwe

Hakizimana Alphonse yanditse ku itariki ya: 11-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka