Umva indirimbo nshya ya Mani Martin ivuga ku nzozi z’umuntu ukumbuye iwabo
Umuhanzi Mani Martin uzwi cyane mu njyana Nyafurika, yasohoye indirimbo yise "Ndaraye" ivuga ku nzozi z’umuntu ukumbuye iwabo.
Iyo ndirimbo iri mu njyana y’ikinimba imenyerewe mu Majyaruguru y’u Rwanda, ikaba ari imwe mu zigize Alubumu ye ya gatanu yise "Afro".
Umva "Ndaraye" ya Mani Martin
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
murahoneza turabakurikiye cyan
manimarite nakomereze aho.
Turabakunda Kandi Turabakurikirana Turifuza Ko Mwadusura Mumurenge Wa Mukama Mukagali Ka Gatete
Ntabuyobozi Buhagera Ubu Twarapfukiranwe