Nyuma y’umukino wahuje ikipe y’igihugu y’u Rwanda na DR Congo, ku mugoroba haje gukurikiraho ibirori byo gufungura ku mugaragaro aya marushanwa azasozwa Taliki ya 9 Nzeli 2016, ibirori bititabiriwe cyane ndetse hatanagaragayemo abayobozi bakuru b’iki gihugu nk’uko bisanzwe bimenyerewe ahandi.
Amafoto yaranze ibyo birori
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
twifurije Abana burwanda kuzatahukana intsinzi