Zanaco yageze i Kigali mu masaha ya nyuma ya saa sita ku wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017.
Aya makipe ari gukina amarushanwa y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, aho mu mukino ubanza wabereye i Lusaka muri Zambia, yanganyije 0-0
Ubwo Zanaco yageraga i Kigali, umutoza wayo Mumamba Numba yagize ati "Ubu tuje gushaka ibitego ku buryo twakomeza kandi amakosa twakoze mbere twarayakosoye."
Yakomeje avugako APR FC ari ikipe nziza ariko akavuga ko yabonye uko ikina ari nayo mpamvu yemeza ko ashobora kuyisezerera.
Ikipe izarokoka hagati ya APR na Zanaco izahura na Young Africans yatsinze umukino ubanza wayo ibitego 5-1.
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Ese ikipe ya APR FC na ZANACO bizakinirahe
Apr Izagerageze Rwosa Tuyiri InyumaA 2 bya Apr Kuri 1
Zana Ko Turayikubita 2;0