Uko igura n’igurishwa ry’abakinnyi ryagenze mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatatu ni bwo isiko ry’igura n’igurisha ku bakinnyi mu Rwanda ryarangiye, aho ikipe nka APR Fc ari imwe mu makipe ataragize uwo igura cyangwa ngo hagire uyivamo

N’ubwo biba bigoranye mu Rwanda kumenya abakinnyi ikipe yaguze ndetse n’abo yarekuye, aba ni bamwe mu bakinnyi bahinduye amakipe ndetse n’abayobozi n’abatoza b’ayo makipe bakaduhamiriza ayo makuru.

Abakinnyi bahinduye amakipe duhereye ku rutonde rwa Shampiona

1 Rayon Sports, Amanota 36

Hinjiye: Mugabo Gabriel, Tidiana Koné
Hasohoka:Ishimwe Issa Zappy na Mahoro Nicolas

2 APR FC, Amanota 34
Nta mukinnyi yongeyemo

3 Police FC, Amanota 31

4 AS Kigali, Amanota 29

Hinjiye: Clement Bao w’umunya-Ghana, Kakira Suleyimani, Papy Chimanga (Etincelles FC), Nizeyimana Alphonse Ndanda (Mukura VS).

Hasohotse: Tuyisenge Pekeake, Ndaaka Frederick na Tibingana Charles.

5 Bugesera, Amanota 26

Hinjiye: Elokan Samaon (Nigerian), Akir Mabura na Turatsinze Héritier
Hasohotse:Ballack na Ibyishaka Jmv bagiye muri Pepinière, ndetse na Bonane Jean D’Amour warekuwe

6 Espoir, Amanota 25

Hinjiye: Okono (Umunya-Cameroun) wanakinnye muri Uganda na Pendo umurundi wabaga muri Etincelles

7 Musanze, Amanota 21

Hinjiye: Tuyisenge Pekeyake, Mbazumutima Mamadou, Uwambazimana Leon Kawunga)

8 Etincelles, Amanota 20

Hinjiye: Romeo Onjenoa wavuye Sunrise na Rutinywa Gonzalez (intizanyo ya Rayon Sports)

9 Sunrise, Amanota 18

Hinjiye: Etienne Fred (Cameroon) na Samuel Ediene (Nigeria)

Hasohotse: Romeo Onjenoa, Usanase Francois, Ngabitsinze Evode
Romeo wagiye Etincelles, Abdallah na Mamadou wari waravuye muri Espoir

10 Kiyovu, Amanota 18

Hinjiye: Isaac Muganza (wasezerewe na Police Fc na Nzeyurwanda Jimmy Djihad wavuye mu Isonga

Hategekimana Bonheur wari umunyezamu wa mbere wa Kiyovu (ibumoso), agiye guhatanira umwanya na Djihad (iburyo) basanzwe banahatana mu Mavubi atarengeje 20
Hategekimana Bonheur wari umunyezamu wa mbere wa Kiyovu (ibumoso), agiye guhatanira umwanya na Djihad (iburyo) basanzwe banahatana mu Mavubi atarengeje 20
Nzeyurwanda Jimmy Djihad, Umunyezamu w'Isonga n'Amavubi atarengeje 20 yerekeje muri Kiyovu
Nzeyurwanda Jimmy Djihad, Umunyezamu w’Isonga n’Amavubi atarengeje 20 yerekeje muri Kiyovu

11 Kirehe Fc, Amanota 16

Hinjiye: Kibange Paul w’Umugande, Boridor ukomoka muri Cameroun, Masudi Abdalah wavuye muri Sunrise, Uwitonze Jean Claude wavuye muri Pepiniere, ndetse na James Kidega Bukuru Masudi bataraza.

12 Mukura, Amanota 15

Hinjiye: Umutoza Ivan Minnaert
Hasohotse:Umutoza Okoko

Ivvan Minnaert wahoze atoza Rayon Sports yerekeje muri Mukura
Ivvan Minnaert wahoze atoza Rayon Sports yerekeje muri Mukura

13 Amagaju, Amanota 15

Hinjiye: Habimana Hassan na Gahamanyi Boniface
Hasohoka: Kubwamalayika Silas wari waturutse mu ikipe ya AS Muhanga, Gafishi Innocent wari waturutse muri Bugesera F, umunyekongo Akonkwa Kagarabi wari waturutse muri Virunga yo muri Kongo n’umunyezamu Bantu Adrien

14 Marines, Amanota 14

15 Gicumbi, Amanota 08

Hinjiye: Umutoza Okoko

16 Pepiniere, Amanota 05

Hinjiye: Sibomana Hussein, Kabura Muhamed, Harorimana Jean Bosco (Harora), Claude Bimenyimana

Hasohoka:umutoza Kayiranga Batisita

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

twishimiye icyemezo cya mukura cyo kuzana umutoza ushoboye ariko yongeremo na bakinnyi bashoboye kuko nabo barakenewe

badra yanditse ku itariki ya: 11-02-2017  →  Musubize

twishimiye icyemezo cya mukura cyo kuzana umutoza ushoboye ariko yongeremo na bakinnyi bashoboye kuko nabo barakenewe

badra yanditse ku itariki ya: 11-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka