Ni umukino watangiye amakipe yombi akina umupira wo hejuru bitewe n’imiterere y’ikibuga.
Ikipe ya Bugesera yakiniraga ku kibuga imenyereye, ikanyuzamo ikarusha Rayon Sports ndetse iza no guhusha ibitego bibiri mu gice cya mbere byari byabazwe.
By’umwihariko ariko Umunya-Nigeria witwa Ikechukwu ukinira Bugesera FC yari yagoye ikipe ya Rayon Sports cyane.
Ku munota wa 25 w’umukino, Rwatubyaye Abdul yaje kuvunika asimburwa na Tidiane Koné, nyuma gato iyi kipe nayo iza guhusha uburyo bw’igitego bwari bwabazwe, ku ishoti rikomeye ryatewe na Nova Bayama.
Ikipe ya Rayon Sports yaje kubona igitego cya mbere ku munota wa 63 gitsinzwe na Tidiane Koné, ku mupira yari ahawe na Moussa Camara.
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho neza ?Muuzatubarize impamvu Gicumbi badusinyisha
amasezerano kumbaraga ngo buri muntu azakatwa 1% kumushahara ya GicumbiFC.Gusa ntitubyishimiye nabusa(abarezi)
reyon sport nikomereze aho n’igikombe ikitugezeho
Umutoza wamavubi se,azajya kureba nabakinyi bacu bakinira mubihugu byo hanze?
Rayon mukomere tubarinyuma,ntimucike intege mukomerezeho!!!
Rayon oyeeeeeeeeee!!!!Abadutega iminsi bazumirwa.