Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemererwa ko imikino yose isigaje kwakira mu mikino ibanza izajya Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba
Igihugu cy’u Rwanda mu mupira w’amaguru cyazamutseho umwanya umwe ku rutonde ngarukakwezi kwa FIFA rwasohotse uyu munsi
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’u Rwanda mu bagore, ntiramenya niba izitabira CECAFA y’ibihugu izabera i Dar es Salam mu kwezi gutaha
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mushabe David Claudian, arasaba abatuye n’abakomoka mu Karere ka Nyagatare gushyigikira ikipe yabo kuko aribwo izarushaho gukomera.
Rutahizamu wa APR FC wahagaritswe n’ikipe ye igihe kitazwi, yasabye iyi kipe n’abakunzi bayo imbabazi kubera amagambo aheruka gutangaza
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yari igeze ku munsi wa kane, aho amakipe nka APR Fc na Rayon Sports zacyuye amanota atatu
Mu mukino usoje indi y’umunsi wa kane wa Shampiyona yabaye kuri uyu wa kabiri, Rayon Sports itsinze Bugesera ibitego 2-1.
Umukino uhuza abakinnyi bitwaye neza mu mwaka w’imikino muri Basketball muri Amerika uzwi nka All-Star Game, ugiye kongera kubera mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu.
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Jules Ulimwengu agiye kuyivamo, akerekeza mu ikipe yo mu Bushinwa ishobora kumutangaho Ibihumbi 50$
U Rwanda rwasabye kwakira icyiciro cya Kabiri cy’amajonjora ya Basketball Africa League kizatangira tariki ya 26 Ugushyingo kugera 01 Ukuboza 2019.
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC Ernest Sugira biravugwa ko yamaze guhagarikwa n’ikipe ya APR FC nyuma y’ikiganiro aheruka kugirana n’itangazamakuru ari mu Mavubi
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare igiye kongera kwitabira Tour du Faso yaherukaga kwitabira mu mwaka wa 2006
Kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ukwakira 2019, ikipe ya Musanze FC yahaye umutoza wayo Niyongabo Amars intego yo kubona amanota 7 mu mikino itatu iri imbere.
Ku mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Bugesera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, amafaranga make yo kwinjira ni ibihumbi bibiri
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yaraye abonye itike ya CHAN 2020, izabera muri Cameroun 2020. ikaba ari inshuro ya kane u Rwanda rugiye kwitabira aya marushanwa
Kuri iki cyumweru tariki 20 Ukwakira 2019 muri Tanzania hakinwaga imikino ya nyuma mu itsinda rya 4 mu rwego rwo gushaka itike ya Basketball Africa League.
Ku munsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda, ikipe ya Mukura yaraye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Gicumbi ibitego 3-1
Ku wa gatandatu tariki 19 Ukwakira 2019, muri Tanzania ikipe ya Patriots BBC yatsinze Ikipe ya JKT BBC amanota 79 kuri 65 ibona itike yo gukina icyiciro gikurikiraho mu gushaka itike ya Basketball Africa League.
Igitego cya Sugira Ernest cyo ku munota wa 83 gifashije u Rwanda kubona itike ya CHAN 2020 izabera muri Cameroun, nyuma yo gusezerera Ethiopia kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Patriots BBC yaraye inyagiye ikipe ya Hawassa city mu mukino wayo wa kabiri wo gushaka itike ya Basketball African League, amanota 125 kuri 50.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda na Ethiopia biracakirana kuri uyu wa gatandatu tariki 19 Ukwakira 2019 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, aho ikipe izatsinda izabona itike ya CHAN 2020 izabera muri Cameroun.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 19 Ukwakira 2019, u Rwanda rurakira Ethiopia mu mukino wo kwishyura mu rwego rwo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2020).
Ikipe ya Patriots BBC yatsinze umukino wayo wa mbere mu gushaka itike ya Basketball African League izakinirwa mu Rwanda mu mwaka utaha wa 2020.
Ikipe y’igihugu ya Ethiopia yamaze kugera mu Rwanda, aho ije gukina n’Amavubi umukino wo kwishyura mu guhatanira itike ya CHAN 2020 izabera Cameroun
Umunyezamu Nzarora Marcel w’ikipe y’igihugu Amavubi na Mukura VS yageze mu Rwanda nyuma yo gutsinda igeragezwa muri Scotland mu ikipe yo mu cyiciro cya gatatu.
Umunyamabanga mukuru wa Ferwafa aratangaza ko igihe Bugesera yazanga gukina ku masaha yamenyeshejwe izakiniraho na Rayon Sports izaterwa mpaga
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ikomeje imyitozo, aho kuri uyu wa Gatatu bafashe n’umwanya wo kwimenyereza gutera Penaliti
Kuri uyu wa Gatatu mu gihugu cya Tanzania haratangira imikino y’amakipe yabaye aya mbere Iwayo mu mukino wa Basketball, aho u Rwanda ruhagarariwe na Patriots
Rutahizamu wa Saint-Etienne Kevin Monnet-Paquet ufite inkomoko mu Rwanda, agiye kumara umwaka w’imikino
Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Tanzania, warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa