Uburyo KANYOMBYA yitwara iyo ari kuri Micro ya Radio

20/04/2012 - 16:08     

Ibitekerezo ( 59 )

Ndi i Rubengera ,mu karere ka Karongi, nshimishwa n’uko mutugezaho amakuru kugihe ,kandi akaza ari yayandi yubaka societe nyarwanda. Mukomereze aho.

Clément NUWISANGA yanditse ku itariki ya: 23-04-2012

Ndi muri Kaminuza y’u Rwanda.ndashimira byimazeyo Kigali Today kubera amakuru agezweho kdi asesenguye neza itugezaho.Ariko by’umwihariko umunyamakuru ukora izi videwo kuko ari creative cyane.ndamushimira cyane kuko atugezaho inkuru zidushimisha kdi tuba dushaka kureba.courage kandi mukomerezaho.Ndabakunda

Kamanzi yanditse ku itariki ya: 20-04-2012
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.