Haricyo bariya bahanzi rero batazi, nukuri indirimbo zabo zishobora kuba arinzinza kndi zikunzwe rwose,ariko wabona ibintu bakorera hariya byuburara, imibyinire, imyambarire idakwiye,bigatuma ntawuzabatora gusa uriya mukobwa nawe arababihiriza peeeeee,biriya akora nibyabasinzi kandi bakiri mukabari, biriya baba bereka abana ndetse nabandi bose bajekubareba sibyo rwoseeeee, dore inama nagira bariyabose bitwango barahanga muge mujya nk’ahantu muririmbe tutabareba kuko nta kinyabupfura mugira mumibyinire yanyu mutagira isoni nti munamwara? buriyase iyomwereka aantu biriya dutekereza noneho ibyo mukora ntawubareba. nya muneka umuco nuwa mbere, mwisubireho
ku kamonyi turabakeneye
Please leave this field empty:
Haricyo bariya bahanzi rero batazi, nukuri indirimbo zabo zishobora kuba arinzinza kndi zikunzwe rwose,ariko wabona ibintu bakorera hariya byuburara, imibyinire, imyambarire idakwiye,bigatuma ntawuzabatora gusa uriya mukobwa nawe arababihiriza peeeeee,biriya akora nibyabasinzi kandi bakiri mukabari, biriya baba bereka abana ndetse nabandi bose bajekubareba sibyo rwoseeeee, dore inama nagira bariyabose bitwango barahanga muge mujya nk’ahantu muririmbe tutabareba kuko nta kinyabupfura mugira mumibyinire yanyu mutagira isoni nti munamwara? buriyase iyomwereka aantu biriya dutekereza noneho ibyo mukora ntawubareba. nya muneka umuco nuwa mbere, mwisubireho
ku kamonyi turabakeneye