Ifoto y’icyumweru
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
Nyabihu: Menya inkomoko y’izina “Kabatwa”
Nyamagabe ni iya mbere muri serivise z’ubutabera Musanze ni iya nyuma
Imvura yaguye mu mpera z’icyumweru yangije igice cy’umuhanda uhuza Kigali n’intara y’Amajyepfo
Nyamagabe: Padiri wirukanywe kubera uburaya n’ubusinzi, yagizwe umuyobozi ushinzwe amasomo mu kigo cy’ishuli
BIRIYA NTAGO ARIBYIZA PE.
mbega umugabo !! yewe akabi gasekwa nkakeza koko nge simbimushimiye.
INGANZWA ZIRAGWIRA IYI YO ITAMBUTSE KUZINDI
IGANZWA NIKO TUZIBONA
Urugo nurwabo bombi kandi nabariya bana nababo abagaya rero uriya mugabo sinzi icyo bashingiraho, ese bariya bana ko bameze nkaho ari mpanga uriya mugore yari kubaheka gute? ahubwo uyu mugore ajye ashima Imana yamuhaye umugabo mwiza
Urugo nurwabo bombi kandi nabariya bana nababo abagaya rero uriya mugabo sinzi icyo bashingiraho, ese bariya bana ko bameze nkaho ari mpanga uriya mugore yari kubaheka gute? ahubwo uyu mugore ajye ashima Imana yamuhaye umugabo mwiza
umva mugabo,ntu ndakugaye.Urababaje.
Kubahana kw’abashakanye ntacyo bitwaye.
Ariko se mada,ubwo koko ushimishwa yuko umugabo wawe aganzwa?
Ari kose muga,ubwo iwawe uravuga?ubwo se ijya kwa nyokobukwe ukitwa umukwe cyangwa witwa....?
Uyu mugabo ndamwemeye