Perezida Kagame yakoreye uruzinduko muri Ethiopia (AMAFOTO)
Perezida Paul Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr. Abiy Ahmed, nyuma yo kuva mu Bufaransa aho yari yitabiriye inama ku ikoranabuhanga ya VivaTech.
Uru ni rwo rwari uruzinduko rwe rwa mbere muri iki gihugu, kuva aho uwayoboraga Ethiopia Hailemariam Desalegn aviriye ku mirimo ye.
Ethiopia ni kimwe mu bihugu bifitanye n’u Rwanda umubano wihariye.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
yego JP azi u rwanda kuko yarubayemo ari mubasirikali ba Ethiopian bari mu rwanda muri 1994 icyo gihe yari umusirikali muto niba ntibeshye yari nka sergent
Yamwakiranye urugwiro cyane, agomba kuba akunda u Rwanda cyane. Kuba Ethiopia iyobowe n’umuntu uzi u Rwanda,dukwiye kubyungukiramo birenze ibisanzwe.