Umuhango wo Gutabarizwa kw’umwami Kigeli V Ndahindurwa (Photos&Video)

Umuhango wo gutabarizwa k’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, watangiye mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2017.

Umuhango wo gutabarizwa kwa Kigeli V Ndahindurwa wabimburiwe no gusezera Umugogo we wari uruhukiye muri bitaro bya Faisal
Umuhango wo gutabarizwa kwa Kigeli V Ndahindurwa wabimburiwe no gusezera Umugogo we wari uruhukiye muri bitaro bya Faisal

Wabimburiwe no gusezera umugogo we wabereye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Nyuma yo gusezera umugogo abamuherekeje bakomereje mu Karere ka Nyanza ahari bubere Misa yo kumusezera bwanyuma.

Nyuma ya Misa haratangwa ubuhamya butandukanye bw’ababanye n’Umwami Kigeli wa V Ndahindurwa, busozwe no kumutabariza mu irimbi riruhukiyemo mukuru we Umwami Mutara Rudahigwa.

Abagize umuryango we baje kumusezera mu bitaro bya Faisal aho umugogo we wari uruhukiye
Abagize umuryango we baje kumusezera mu bitaro bya Faisal aho umugogo we wari uruhukiye
Nyuma yo gusezera Umugogo we Bagannye i Nyanza ahabera Misa yo kumusezera
Nyuma yo gusezera Umugogo we Bagannye i Nyanza ahabera Misa yo kumusezera
Abagize Umuryango we bitwaje ikamba rigaragaza ko bagiye gutabariza Umwami
Abagize Umuryango we bitwaje ikamba rigaragaza ko bagiye gutabariza Umwami
Ahagana mu ma saa yine z'amanywa ni bwo Umugogo wa Kigeli wagejejwe mu Rukali aahari bubere Misa yo kumusezera
Ahagana mu ma saa yine z’amanywa ni bwo Umugogo wa Kigeli wagejejwe mu Rukali aahari bubere Misa yo kumusezera
Yaherekejwe n'ababyeyi bambaye imikenyero y'umweru
Yaherekejwe n’ababyeyi bambaye imikenyero y’umweru
Umwe mu bato bo mu muryango we yitwaje ifoto ya Kigeli V ndahindurwa
Umwe mu bato bo mu muryango we yitwaje ifoto ya Kigeli V ndahindurwa
Misa yo kumusabira iratangiye irimo kubera mu Rukari i Nyanza mu Ntara y'Amajyepfo
Misa yo kumusabira iratangiye irimo kubera mu Rukari i Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo
Minisitiri w'Umuco na Siporo Uwacu Julienne yaje gufata mu Mugongo Umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa mu izina rya Leta y'u Rwnda
Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yaje gufata mu Mugongo Umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa mu izina rya Leta y’u Rwnda
Pasiteri Ezra Mpyisi mu muhango wo Gutabarizwa kw'umwami Kigeli V
Pasiteri Ezra Mpyisi mu muhango wo Gutabarizwa kw’umwami Kigeli V
Ni agahinda ku baje gutabara uyu muryango
Ni agahinda ku baje gutabara uyu muryango
Imbaga nini yaje kwifatanya n'umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa kumutabariza
Imbaga nini yaje kwifatanya n’umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa kumutabariza
N'abihayimana baherekeje Umugogo w'Umwami
N’abihayimana baherekeje Umugogo w’Umwami
Abantu berekeje aho umugogo w'Umwami utabarizwa
Abantu berekeje aho umugogo w’Umwami utabarizwa
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Naruhukire mu Mahoro!

L’enfant de Nyamagabe yanditse ku itariki ya: 16-01-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka