Uko umuganda wakozwe mu bice bitandukanye by’igihugu (Amafoto)

Umuganda usoza ukwezi kwa Mata, wakozwe kuri uyu 29/04/2017. Mu bice bitandukanye by’igihugu hibanzwe kuri gahunda yo kurwanya nkongwa mu bigori haterwa umuti.

Uretse kurwanya Nkongwa, hagiye hanakorwa ibindi bikorwa bitandukanye harimo ibyo gutunganya imihanda yangiritse, hakorwa amateme, no kuremera uwarok
otse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Rubavu

Rubavu hatewe umuti mu bigori
Rubavu hatewe umuti mu bigori

Burera

Burera naho bateye umuti urwanya nkongwa
Burera naho bateye umuti urwanya nkongwa

Rwamagana

Minisitiri Kamayirese Germaine mu karere ka Rwamagana batera umuti wo kurwanya nkongwa
Minisitiri Kamayirese Germaine mu karere ka Rwamagana batera umuti wo kurwanya nkongwa

Muhanga

Bernard Makuza perezida wa sena mu muganda mu karere ka Muhanga
Bernard Makuza perezida wa sena mu muganda mu karere ka Muhanga

Gutunganya imihanda

Kamonyi

Imihanda ya Kamonyi yarangiritse
Imihanda ya Kamonyi yarangiritse

Nyagatare

Nyagatare
Nyagatare

Karongi

Karongi Minisitiri Seraphine Mukantabana na guverineri Alphonse Munyantwari mu muganda
Karongi Minisitiri Seraphine Mukantabana na guverineri Alphonse Munyantwari mu muganda

Gicumbi

Gicumbi
Gicumbi

Kigali
Umuryango w’Abagide mu Rwanda, mu gikorwa cy’umuganda, wasuye umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi utuye mu murenge wa Kigali, akarere ka Nyarugenge, bamufasha mu bikorwa bitandukanye,yubakirwa akarima k’igikoni, asanirwa inzu, anahabwa ibikoresho byo mu rugo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka