Dore ibiciro bishya by’ingendo

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), ku wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2024, rwashyize ahagaragara ibiciro bishya by’ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange, bikazatangira gukurikizwa ku wa Gatandatu tariki 16 Werurwe 2024.

Uko ibyo biciro biteye:

Mu Mujyi wa Kigali:

Ibiciro byo mu Ntara:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 20 )

Murakoze kubwamakuru meza mutugezaho.
Nashakagako mwazadukorera ubuvugizi nkabaturage kumuhanda wa mubuga gisovu cg karongi gisovu ko wakorwa kuk wadufashaga mu murumo yacu yaburi munsi kand nabamukerarugendo byabafashag kugera ah bifuza gusura nkurwibutso rwa Bisesero, Gisovu tea ndetse nibind. Hari bia yaturukaga karongi-Gisovu kuva umuhanda wapf niyagaruts hashiz 13Years kulo mari muto cyane . Muzadufash rwose kuk ba mito unu kuwunyuramo ni nukubura uko bagira. Mwazadusura namwe mukirebera rwose. Murakoze mbaye mbashimiye
.

Jeremie Nshunguyinka yanditse ku itariki ya: 11-04-2024  →  Musubize

Nibyiza pe mbese ibiciro bishirwaho hagendewe ku mihanda ya kaburimbo gusa? Imihanda yibyaro yo muyivugaho iki abayitwariramo nibo bishiriraho ibiciro? Ko bo mutabavuzeho? Icyiza imodoka zose twifuzaga ko zajya zitanga amatike kko niho bahere baduhenda

Elisa yanditse ku itariki ya: 17-03-2024  →  Musubize

Mwaramutse neza!! Nashakaga kubaza ko nta biciro bya Remera-Kanombe
Kanombe-downtown
Remera-Gikondo ibiciro byingendo bizaguma uko bisanzwe?

Icyifuzo narimfite hari uburyo leta yagiye izamura ibiciro ku kwezi hari ubwo wasanganga byibura bitewe n’urugendo umuntu akora ajya mukazi ku kwezi wenda akoresha 30k kandi ahembwa 80k muri make hasigara 50k ese will this satisfy basic needs? Nimby byakunda mwashyiraho uburyo bwokuba yaba ibigo by leta nibyikorera transport bajya bagira uko bayigenera abakozi kuruhande itari kuri monthly salary!!

Ikindi ntakuntu mwafasha byibura abanyeshuli kuko ibi biciro bizabagonga cyane kandi bigire na effect kuko benshi usanga baturuka mu ntara bakaza gukodesha kugira babashe kwiga, ese bazabasha kwa affording transport, pay rent and food knd benshi muribo baba nta kazi babite?

Mudufashe no kw’ improving bimwe mubikenerwa bya buri munsi kugira turusheho kugirira igihugu akamaro!!

Murakoze!!!

Josiane yanditse ku itariki ya: 17-03-2024  →  Musubize

Mifotra yadufasha kuko usanga system ya mifotra gukora application bigoye bikaba ngo not qualified badushafasha tukajya twa playinga bikemera

Nzabonimana yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Mifotra yadufasha kuko usanga system ya mifotra gukora application bigoye bikaba ngo not qualified badushafasha tukajya twa playinga bikemera

Nzabonimana yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Biragaragarako haringendo zimwe na zimwe ntoya zagabanutse ibiciro arko ingendo ndende zakubwe hafi kabiri

Ubwo rero ntecyerezako n’ibucuruzwa bigiye guhenda kuko simbona umucuruzi wategeye bitanu(5000) yongera kugurisha umwenda wa (3000)
Rubanda rugufi hehe no kongera kujya kwiduka ngo agiye kugura indagara z’ijana(100)

Kabaye!!!

Habineza Jeanpaul yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Nugutegereza tukareba arko
Icyigaragara cyo nuko ingendo zitari ngombwa ziburijwemo pee!

Habineza Jeanpaul yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Biragaragarako haringendo zimwe na zimwe ntoya zagabanutse ibiciro arko ingendo ndende zakubwe hafi kabiri

Ubwo rero ntecyerezako n’ibucuruzwa bigiye guhenda kuko simbona umucuruzi wategeye bitanu(5000) yongera kugurisha umwenda wa (3000)
Rubanda rugufi hehe no kongera kujya kwiduka ngo agiye kugura indagara z’ijana(100)

Kabaye!!!

Habineza Jeanpaul yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Ibitekerezo rero reta nkumubyeyi nigerageze akangurire private sector bazamure imishahara kuko na reta izabikora ,ubworero barebe Inshuro ibiciro bizamutse imishahara yabantu itiyongera icyo kintu kizarebweho kuko abantu ibiciro buraturemere kubera tubuze nkunganire ya reta
Murakoze

Mugenzi Ezekiel yanditse ku itariki ya: 15-03-2024  →  Musubize

Abadafit’akazi mudushire ubryo bwakazi.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Pe ndumva aribyo nonese twisabire ibyo biciro Niko bizakurikizwa rwose ndahamyako abaturajye tuzabigwamo kuko ababishinzwe ntibabikurikirna ugasanga umuturajye niwe ubigwamo ingamba ntimuzitubwira kuzarenza ibiciro kdi umuturajye yibwe

Mutoni yanditse ku itariki ya: 15-03-2024  →  Musubize

Abadafit’akazi mudushire ubryo bwakazi.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Abadafit’akazi mudushire ubryo bwakazi.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka