Ambasaderi Mathilde yitabiriye ibirori bibanziriza kurahira kwa Donald Trump
Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yitabiriye ibirori bibanziriza kurahira kwa Perezida Donald Trump watarewe kuyobora icyo gihugu.
Amabasaderi Mathilde yitabiriye ibyo birori byabaye mu ijoro ryakeye tariki ya 17 Mutarama 2017.
Ibyo birori byateguriwe abantu batandukanye barimo abahagarariye inyungu z’ibihugu byabo muri Amerika.
Perezida watowe, Donald Trump ugiye gusimbura Perezida Barack Obama, biteganyijwe ko azarahira mu birori bizaba ku wa gatanu tariki ya 20 Mutarama 2017.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|