Amafoto meza ya 2017 agaragaza Perezida Kagame wagize isabukuru
Yanditswe na
KT Editorial
Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2017, Perezida wa Repubulika Paul Kagame arizihiza isabukuru y’imyaka 60 y’amavuko. Kigali Today yabahitiyemo amafoto 25 yo mu mwaka wa 2017, agaragaza Perezida Kagame asabana n’abantu mu bikorwa bitandukanye.
Poul kagameturagukunda kandituza gutora cyane hari indirimao ivuga ati tora tora kagame tora tora munyarwanda tora tora ku gipfutsi nzamutora nzamutora torakagame
gehwe pual kagame yahinduye ubuzima bwange kulinge mufata nkumubyeyi wange isabukulu nziza ndamukunda cyanee? mulakoze
Long live president!ubutwari ugira,ubwenge,ubuhanga,ubumuntu nubwitange uzabihorane kdi Imana ikomeze iguhe kuramba
ubundi mw’isi habamo icyaha naga kiza
hakabamo abakurikiza inama bahabwa ’harabazikurikiza bitewe nuko bitekezaho bigatuma bumva bakora ibyiza, hari nabatazikozwa bahora bumva bashaka indonke zindengakamere bakazishakira banakora ibidakwiriye umuny’arwanda".
puol kagame oyeeee......,.!
president paul kagame mufata nk’umubyeyi mwiza Imana yatwihereye twese hamwe nk’abanyarwanda ngewe kuruhande rwange ndamushima cyane kubwitange bwe kandi ndifuza ko Imana yajya ikomeza kumurindira mubuntu bwayo ndetse n’umuryango we wose m’urukundo rw’Imana ishobora byose,murakoze ndashima cyane.
president paul kagame mufata nk’umubyeyi mwiza Imana yatwihereye twese hamwe nk’abanyarwanda ngewe kuruhande rwange ndamushima cyane kubwitange bwe kandi ndifuza ko Imana yajya ikomeza kumurindira mubuntu bwayo
kuruhare rwajye na nabanyarwanda twishimiye kuba tugufite nkapapa wiyjihugu cyacu and may u live longer and longer
long life to president Kagame komeza muriyonzira yamajambere
Isabukuru nziza cyane y’Umubyeyi wacu twese. Imana imudukomereze rwose imurinde. Dukwiye gushaka gift nyinshi zikwiriye Ikirezi CY’U Rwanda natwe Abanyarwanda twese. ARAKARAMA. Pasteur Jean Baptiste Kayumba Lyon/France.
Long Live president Kagame Paul.Ni byiza kurenza 60 years.Ese mwari muzi umuntu wabayeho igihe kinini kurusha abandi?Ni METHUSELAH wamaze imyaka 969(Genesis 5:27).ADAMU duturukaho twese,yamaze imyaka 930.Imana irema umuntu,yashakaga ko abaho iteka,adapfa.Cyokora imana yahinduye umugambi wayo igihe ADAMU yangaga kumvira imana.Imana imuhanisha gupfa.
Natwe dupfa kubera ko duturuka kuli ADAMU.Impamvu nta yindi,nuko ADAMU amaze gukora icyaha,imana yahinduye ADN ya ADAMU yali ifite ukudapfa (immortality).Natwe twese duturuka kuli iyo ADN yanduye (Heredity).Ariko ku bantu bashaka imana ntibibere mu byisi gusa,bazazuka ku Munsi w’imperuka,imana ibahe Ubuzima bw’iteka muli Paradizo(Yohana 6:40).Ariko abibera mu byisi gusa,ntabwo bazazuka (1 Yohana 2:15-17).Niyo mpamvu tugomba gushaka imana tukiriho,aho kwibwira ko ubuzima gusa ari amafaranga,shuguri,politike,ibinezeza,etc...