Huye: Abantu 62 bafatiwe mu ishyamba basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Polisi y’u Rwanda mu ijoro ryakeye saa munani yafashe abantu 62 mu ishyamba ryo mu Murenge wa Simbi basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Koronavirusi.

Bafatiwe mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Gisakura, Umurenge wa Simbi mu Karere ka Huye.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Kuki iyo musanze abantu basenga badahanwa ibibafasha kwikingura covid bakanigisjwa bagataha ko baba baje kwiyegereza Imana?

Rufaya yanditse ku itariki ya: 2-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka