Amafoto na Video byaranze umuhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda aba Ofisiye bashya 624

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko gutakaza ubuzima uri mu Gisirikare ari ubutwari. Ibi yabitangaje tariki 15 Mata 2024 mu ijambo rye nyuma yo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda ba Ofisiye 624 abaha ipeti rya Sous-Lieutenant.

Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwanga agasuzuguro, ubugwari n’ububwa ahubwo bakaba bapfira ukuri, bagapfira agaciro ubuzima bwabo bakwiriye kuba babuha, ndetse ubazanyeho intambara akabyicuza.

Muri aba ba Ofisiye, harimo 51 b'igitsina gore
Muri aba ba Ofisiye, harimo 51 b’igitsina gore

Reba ibindi muri izi Videwo:

Amafoto: Eric Ruzindana

Videwo: Richard Kwizera

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka