Mu Rwanda abantu 66 ni bo bakirimo kuvurwa Coronavirus, 84 bamaze gukira

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko abantu 84 bamaze gukira COVID-19 naho abandi 66 bakaba kirimo kuvurwa icyo cyorezo.

Abantu batatu ni bo bashya babonetse barwaye ku wa Kabiri tariki 21 Mata 2020 mu bipimo 1,449 byafashwe kuri uwo munsi, bituma abagaragayeho icyo cyorezo bose hamwe baba 150 harimo 84 bakize. Muri bo, bane bakaba bakize kuri uyu wa kabiri.

Kugeza kuri uyu wa kabiri mu Rwanda ntawe urapfa azize icyo cyorezo nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima ribigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Twirinde covid 19 tugumamurugo kandi turinda nabandi

Urimumahoro tite yanditse ku itariki ya: 22-04-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka