#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 28

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 11 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 28, bakaba babonetse mu bipimo 6,845.

Kugeza ubu abamaze kwitaba Imana bazize icyo cyorezo bose bamwe ni 1,336.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Njyewe mbona hakwiye kongerwamo imbaraga ,kungamba zo kwirinda COVID 19 .mukwambara agapfukamunwa Neza kd kuburyo bukwiye .dore bariraye ngo Yarangiye nyamara ntaho yagiye .murakoze🙏

Tuyidhimire Gilbert yanditse ku itariki ya: 12-11-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka