#COVID19: Abantu batatu bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 402

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 17 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 402, bakaba babonetse mu bipimo 12,593.

Abantu batatu bitabye Imana, bakaba ari abagore babiri n’umugabo umwe, byatumye abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covid-19 baba 1,411.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ndabashimira ko mukomeje kutugezaho amakuru ajyanye na covid. Ni ngombwa. Umuntu amenya uko ubwandu buhagaze mu gihugu hose. Murakoze

Kanyarwanda yanditse ku itariki ya: 18-01-2022  →  Musubize

Ndabashimira ko mukomeje kutugezaho amakuru ajyanye na covid. Ni ngombwa. Umuntu amenya uko ubwandu buhagaze mu gihugu hose. Murakoze

Kanyarwanda yanditse ku itariki ya: 18-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka