#COVID19: Abantu bane bitabye Imana, abanduye babonetse ni 533

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 14 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 533, bakaba babonetse mu bipimo 15,560.

Abantu bane ari bo abagore batatu n’umugabo umwe bitabye Imana, buzuza umubare w’abantu 1399 bamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka