#COVID19: Abantu 6 bitabye Imana, abanduye babonetse ni 143

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 27 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 143, bakaba babonetse mu bipimo 8,873.

Abitabye Imana ni batandatu, bakaba ari abagore batatu n’abagabo batatu.

Umuntu umwe yasezerewe mu bitaro, ababishyizwemo ni batatu, naho abarembye ni 9.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka