#COVID19: Abanduye bashya 6 babonetse mu bipimo 9,016

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 6, bakaba babonetse mu bipimo 9,016.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize COVID-19. Mbere yaho ku Cyumweru, iki cyorezo cyari cyahitanye umugore w’imyaka 63 i Burera, yuzuza umubare w’abantu 1,456 bamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Imana Ishimwe kuberako iki cyorezo gikomeje kugabanyuka dukomeze twikingize tunakangurira abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kuyirinda COVID-19 bityo izacike burundu .murakoze

Gashema olivier yanditse ku itariki ya: 22-02-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka