Abatsinze neza ibizamini bya Leta barahamagarirwa kujya gufata ibihembo byabo

Minisiteri y’uburezi irahamagarira abanyeshuri barangije amashuri abanza, icyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’amashuri yisumbuye batsinze neza ibizamini bya Leta mu myaka ya 2007, 2008 na 2009 kuza gufata ibihembo byabo.

Mu banyeshuri bagize amanota ari hejuru ya 90% muri ibyo bizamini bya Leta hari abahembwe mudasobwa zigendanwa (laptop) ndetse n’inyunguramagambo (dictionary). Abatarajya gufata ibihembo byabo barasabwa kujya kubifata byihutirwa.

Urutonde rw’abanyeshuri bagenewe ibihembo ruri kuri website ya MINEDUC.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Banze kumpamagara mumbarize ministry

MUGIRWANAKE yanditse ku itariki ya: 10-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka