Byemejwe: Imurikagurisha mpuzamahanga riraba mu Kuboza 2020

Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) ruratangaza ko Imurikagurisha Mpuzamahanga rya 23 ryari riteganyijwe kubera i Gikondo kuva tariki ya 21/07/2020 kugeza ku ya 10/08/2020 ryimuriwe kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 31/12/2020.

Ku irembo ry'ahaberaga imurikagurisha ry'umwaka ushize wa 2019
Ku irembo ry’ahaberaga imurikagurisha ry’umwaka ushize wa 2019

Iri murikagurisha ryari ryarasubitswe kubera icyorezo cya COVID-19 cyahungabanyije ibikorwa byinshi bitandukanye birimo n’ingendo z’abaryitabiraga baje kumurika ibikorwa byabo baturutse mu mahanga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Imurika gurisha mpuzamahanga muli Covid!! nukwigerezaho kuko à benshi barizamo bava mu bihugu bidafate ingamba zihamye zo kwirinda tutitonze wasanga ariyo tuguze Covid ntaho irajya dukwiye kugenda gahoro *

lg yanditse ku itariki ya: 7-11-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka